Minisiteri y’ubucuruzi yatangaje ko yaganiriye n’izindi nzego bireba bemeranya ko umusoro ku nyongeragaciro kuri kawunga no ku muceri ukurwaho. Bityo ngo n’ibiciro ku biribwa by’ibanze ni ukuvuga umuc...
Muri Kenya haravugwa ikibazo cy’ibinyampeke bike k’uburyo abaturage miliyoni 12( benda kungana n’abatuye u Rwanda) badafite ibiribwa bihagije. Imibare yo mu mwaka wa 2020 yasohowe na Banki y’Isi ivuga...

