Abahinzi b’Icyayi bo mu Karere ka Nyaruguru bashima ko hari umushoramari wabafashije kubona uko bahinga icyayi ku butaka bavuga ko mbere bwabapfiraga ubusa. Mbere y’uko batangira kubuhingaho icyayi, b...
Gitifu( umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari) urebye niwe pfundo ry’imiyoborere yegerejwe abaturage. Kubera ko ba Mutwarasibo na ba Mudugudu ari we baha raporo akayigeza ku bamukuriye barimo na Njy...
Mu Karere ka Bugesera hari umusore wafashwe na Polisi y’u Rwanda imusanganye Frw 96,000 bivugwa ko yari yibye Shebuja wo mu Kagari ka Nyamata, Umurenge wa Nyamata mu Karere ka Bugesera. N’aho mu Karer...
Mu rwego rwo kuzamura ireme ry’uburezi nk’imwe mu nkingi z’iterambere rirambye, Leta y’u Rwanda yatangije gahunda yo kubaka ibyumba by’amashuri mu rwego rwo kugabanya ubucucike. Icyakora ibyumba 847 n...
Umuyobozi w’Akarere ka Ngororero Bwana Christophe Nkusi yagiye imbere hafi ya Alitari aho Padiri wa Paruwasi ya Rususa yasomeraga Misa yibutsa abaturage ibyiza byo kurya indyo yuzuye. Hari mu Misa ya ...
Mary Balikungeri uyobora Rwanda Women’s Network yabwiye abagore bahagarariye abandi bari bitabiriye Inama yaguye yigaga uko barushaho gukorana hagamijwe iterambere ry’umugore mu nzego zose, ko ari ngo...
Ahitwa Mirama mu Murenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare hagiye kubakwa ibagiro rizuzura rifite agaciro ka Miliyari 1,242. Rizabagirwamo inka 200 n’ihene 500 ku munsi. Hari abacuruzi b’inyama bo ...
Mu Murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke hari abaturage bavuga ko bagejeje ikibazo cyabo ku nzego zitandukanye bazibwira ko barenganye kuko babariwe agaciro k’imitungo ubwo bimurwaga ngo hubakwe um...
Mu mpera z’Icyumweru gishize Polisi ikorera mu Karere ka Ruhango yafashe abantu bane bafite udupfunyika ibihumbi 18 tw’urumogi. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo Superintendent of Police Theoba...
Mu Byumweru bibiri bishize, mu Karere u Rwanda ruherereyemo habereye ingendo z’abayobozi batandukanye biganjemo abadipolomate bo muri Uganda bazaniraga Abakuru b’ibihugu( u Rwanda, Uganda na Tanzania...









