Abo barimo Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyanzarwe n’ushinzwe igenamigambi ku Rwego rw’Akarere ka Rubavu. Bahanishijwe kuzamara amezi atatu badahembwa kubera imyitwarire idahwitse ishing...
Mu rwego rwo kuzamura imibereho myiza y’Abanyarwanda no kurushaho gukomeza umurunga uyihuza n’abo, Polisi y’u Rwanda yamurikiye abaturage batishoboye inzu yabubakiye. Ni igikorwa cyakozwe mu Ntara zos...
Mu Murenge wa Mushikiri hari abaturage batakambiye Abadepite babasuye ko nta huzamurongo( network) rya telefoni rifatika bagira. Ibi bikoma mu nkokora guhanahana amakuru, rimwe na rimwe bikabangamira ...
Imihagurikire y’ikirere igiye gukamya burundu icyuzi cyahaga amazi abatuye umujyi wa Muhanga nk’uko bitanganzwa n’ubuyobozi bwa WASAC muri uriya mujyi uri mu yungirije Umurwa mukuru, Kigali. Abatuye u...
Abahinga ikawa mu Murenge wa Rukomo mu Karere ka Gicumbi baherutse gutangiza ku bwinshi ubuhinzi bw’iki gihingwa ngengabukungu bagamije ko mu myaka itatu iri imbere izaba yeze, bagahabwa uruganda ruyi...
Mu kiganiro Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo Antoine Felix Tshisekedi aherutse guha France 24 yavuze ku kibazo cya Lieutenant-General Philémon Yav Irung kivuga ko hari uburyo akorana n’u ...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwabagiye ikimasa abaturage bo mu Murenge wa Mpanga mu rwego rwo kubashimira ko bari imbere mu gutanga ubwisungane mu kwivuza, Mutuelle de Santé. Abo mu Murenge wa Maha...
Imibare yatangajwe n’Ikigo cy’igihugu cy’ubwiteganyirize, RSSB, ivuga ko Abanyarwanda bamaze kujya mu bwisungane mu kwivuza bwa Mutuelle de santé bangana na 80.5%. Akarere ka Gakenke niko kaza ku mwan...
Abaturage b’Umujyi wa Muhanga bavuga ko amazi yabaye macye kandi ko ari ikibazo kimaze igihe. Bamwe muri bo bavuga ko bitangaje kuba hirya no hino hari ibigega ariko bigasa n’aho ari umutako kuko nta...
Ibi ni ibyemezwa n’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi, NAEB. Iki kigo cyatangaje ko ku isoko mpuzamahanga ubu ikilo cy’ikawa y’u Rwanda kigeze ku ...









