I Musanze haraye haguye imvura iremereye k’uburyo yasenye inzu 228, yangiza n’ibindi bikorwaremezo. Imibare yatangajwe kugeza ubwo twandikaga iyi nkuru, ivuga ko iyo mvura yangije inzu 228 n’ibikoni 8...
Mu Murenge wa Mushikiri mu Karere ka Kirehe hari Koperative y’abahinzi bise“Mushikiri Farmers cooperative” ihinga urutoki bya kijyambere k’uburyo insina imwe yera igitoki kipima Ibilo 130. Ni ibilo bi...
Umugabo witwa Niyitanga Pascal wo mu Karere ka Ngoma, arishyuza aka Karere Miliyoni Frw 50 kubera ko yirukanwe ku kazi ku mpamvu yita akarengane. Avuga ko yakoze ikizamini ku mwanya w’umukozi wungiri...
Mu Murenge wa Gacaca mu Karere ka Musanze hari isoko rifite ubwiherero bugizwe n’ibyumba bitatu ariko bintinze ibiti byamaze kubora. Ababwifashisha batakambira inzego zo bwasanwa kandi bukagirwa bwins...
Appolinaire Nzirorera yatawe muri yombi na Polisi nyuma y’uko agiye gusuzimisha ubuziranenge bw’imodoka, bamupima bagasanga yari yanyweye inzoga. Ni umugabo w’imyaka 58 y’amavuko. Yafatiwe mu kigo gis...
Umunsi wa 17 wa Shampiyona, ikipe ya Rwamagana City FC yakiriye ku kibuga cy’Akarere ka Ngoma, ihatsindira ikipe y’Umujyi wa Kigali AS Kigali igitego 1-0. Yahise iyivana ku mwanya mbere ku rutonde rwa...
Inzego z’umutekano hamwe n’iz’ibanze ziri guhigira hasi kubura hejuru abagizi ba nabi bitwikiriye ijoro batera abaturage ibyuma. Abagabo bane nibo bakomerekejwe na bariya bagizi ba nabi na n’ubu bagis...
Mu Murenge wa Bushenge mu Karere ka Nyamasheke hari ababyeyi bavuga ko batagihabwa amafaranga y’imfashabere. Ingaruka ni uko imikurire y’abana babo yahazahariye. Muri Mata, 2022 nibwo baheruka ariya m...
Mu karere ka Kirehe hari isoko ryambukiranya imipaka rimaze imyaka itanu ryuzuye ariko ntirirema. Ni isoko riri ku Rusumo ku mupaka uhuza u Rwanda na Tanzania. Ni umwe mu mipaka ikoreshwa cyane haba k...
Ubuyobozi w’ishuri ry’amahugurwa rya Polisi (PTS), ari naryo ritoza Urwego rwunganira umutekano mu Karere n’Umurege rwitwa DASSO, bwasabye abakora muri uru rwego kuzibukira ibyo gushaka inyungu zabo a...









