I Musanze habereye amasengesho yahuje abaturage baturutse hirya no hino mu Rwanda, akorerwa mu rugo rw’umuturage mu buryo butemewe n’amategeko. Inkuru ya Kigali Today ivuga ko umugabo wakiriye...
Ibarura Rusange ro mu mwaka wa 2022, rigaragaza ko abakozi bo mu rugo bangana na 3,9% by’Abanyarwanda bose bafite akazi. Iri barura rigaragaza abakozi bo mu rugo nk’ikindi cyiciro cy’Abanyarwanda ‘ba...
Komisiyo y’amatora yatangaje ko Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yayisabye ko amatora y’abayobozi baherutse kuva mu myanya yari ateganyijwe vuba aha mu Karere ka Rubavu, asubikwa. Umunyamabanga nsh...
Itangazo ryasohowe na Njyanama y’Akarere ka Rwamagana rivuga ko yeguje Madame Nyirabihogo Jeanne d’Arc wari Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu. Hari amakuru avuga ko Nyirabi...
Nicyo gisubizo Minisitiri w’ubutegetsi bw’Igihugu Jean Claude Musabyimana yaraye atanze ubwo bamubazaga impamvu abari bagize Inama Nyobozi y’Akarere ka Rutsiro begujwe. Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gata...
Ibiro Bya Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda byasohoye itangazo ry’uko Prosper Mulindwa yagizwe Umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro nyuma y’uko Inama nyobozi y’aka Karere iseshwe. Mulindwa yari asanzwe ashinzw...
Abaturage bo mu Kagari ka Rega mu Murenge wa Bigogwe, Akarere ka Nyabihu bavuga ko bugarijwe n’ikidendezi kidasiba kwaguka kandi kibasenyera inzu, kikarengera n’imyaka bari bitezeho umusaruro. Urwego ...
Mu Murenge wa Bushekeri mu Karere ka Nyamasheke hari aborozi babonye ikusanyirizo bagemuriraga amata ribaye itongo bahitamo kuyashyira abamamyi. Ni abo mu Mudugudu wa Ruvumbu, Akagari ka Buvungira. Ik...
Hasigaye amasaha make ngo hakinwe umukino wa nyuma w’igikombe cy’amahoro uzaba kuri uyu wa Gatandatu taliki 03, Kamena, 2023, Taarifa yabajije Abdallah Murenzi wigeze kuyobora Rayon Sports igihe kirek...
Urwego rw’ubugenzacyaha rwaraye rwongeye guta muri yombi abayobozi batanu barimo bane bo muri Nyanza n’umwe wo muri Gisagara. Uru rwego ruvuga ko bariya bayobozi batawe muri yombi kubera ibimenyetso ...









