Abanyamakuru bari bamaze igihe binubira ko hari abayobozi mu nzego z’ibanze banga kubaha amakuru kuko ngo Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu yabibahayeho umurongo w’uko amakuru areba Akarere atangwa n...
Bamwe mu Banyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge y’Akarere ka Nyanza bahinduriwe imirenge bayoboraga binyuze mu mavugurua yakozwe n’ubuyobozi bw’aka Karere. Abaye nyuma y’igihe hari umwuka mubi muri b...
Ni icyemezo Leta y’u Rwanda yafashe kugira ngo amata yari yarabuze ubuguzi muri Nyagatare na Gatsibo abonerwe isoko bityo azahabwe abanyeshuri mu gihe cy’amezi abiri ari imbere. Bizakorwa mu gih...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rulindo butangaza ko Ibiro byako bigiye kwimuka bikava mu Murenge wa Bushoki bikajyanwa mu Murenge wa Ngoma. Umuyobozi w’Akarere ka Rulindo, Mukanyirigira Judith yabwiye RBA ko...
Abakora mu burenganzira bwa muntu, abanyamategeko, abashinzwe umutekano, sosiyete sivile n’itangazamakuru kuri iyi taliki 30, Mutarama, 2024 beretswe ibyavuye mu bushakashatsi ku miterere ya ruswa hab...
Mu Karere ka Nyagatare mu Murenge wa Kiyombe haravugwa inkuru y’umuyobozi ku rwego rw’Umurenge wafatiwe mu cyuho yakira ruswa ya Frw 70,000. Bivugwa ayo mafaranga yari ayahawe ngo yandike mu bitabo by...
Abaturage bo mu Murenge wa Bigogwe mu Kagari ka Kijote babwiye itangazamakuru ko umuyobozi w’aka Kagari aherutse gukubita umuturage bimuviramo urupfu. Amakuru avuga ko uwo muyobozi yakubise uriya mutu...
Iradukunda Jean de Dieu ni umwana w’imyaka 10 wo mu Karere ka Gicumbi wishwe n’inkuba yaraye imukubitiye mu murima ari kumwe n’ababyeyi be bari gusarura ibishyimbo. Byabereye mu Murenge wa Rushaki, Ak...
Hari abaturage bo mu Karere ka Rusizi mu Murenge wa Muganza na Nyakabuye babwiye itangazamakuru ko amashyuza yashyirwaho uruzitiro kugira ngo birinde abana kujya bayogamo nta muntu mukuru kuko hari ab...
Mu Mirenge ya Rwamiko na Mataba mu Turere twa Gicumbi na Gakenke hari abaturage batinyutse babwira itangazamakuru ko hari abayobozi b’inzego z’ibanze( ku rwego rw’Umudugudu) babaka ruswa. Babwiye Radi...









