Mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Gatenga haravugwa inkuru mbi y’umugabo wishe umugore we amuteraguye ibyuma. Abaturanyi babo bavuga ko uriya mugabo yavuze ko agiye kwica umugore we arangiza akajya ...
Mu Karere ka Rusizi haravugwa iyegura ry’abayobozi barimo na Visi Meya ushinzwe ubukungu witwa Munyemanzi Louis Ndagijimana. Yeguye hashize igihe gito Perezida wa Njyanama Béatrice Uwumukiza. Amakuru ...
Abatuye Umurenge wa Juru mu Karere ka Bugesera bahawe amazi ahagije yatunganyijwe binyuze mu muyoboro wubatswe ku bufatanye bwa Minisiteri y’ibikorwa remezo, Water Aid na WASAC. Ni umuyoboro ufite ubu...
Guverineri wa Banki nkuru y’u Rwanda John Rwangombwa avuga ko urwego ayobora rwashyizeho gahunda yo guhuriza hamwe Umurenge SACCO ukava ku rwego rw’umurenge ukagukira ku rwego rw’Akarere. Avuga ko SAC...
Raporo ya RGB igaragaza ko mu bushakashatsi iki kigo cyakoze, cyasanze Akarere ka Ngororero ari ko katagira umuco w’isuku kurusha utundi mu Rwanda. Akahize utundi mu kugira isuku n’umucyo ni Akarere k...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiririye mu Biro bye mugenzi we wa Sudani y’Epfo, Salva Kiir, wageze mu Rwanda mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane taliki 22, Gashyantare, 2024. Abakuru b’...
Ahagana saa kenda z’amanywa kuri uyu wa Kane taliki 15, Gashyantare, 2024 mu Murenge wa Coko mu Karere ka Gakenke inkuba yakubise abantu batandatu bari bagiye gusengera ahitwa Buzinganjwiri bane barap...
Raporo ngarukakwezi itangwa na Irembo igaragaza ko Akarere ka Kicukiro kaza imbere mu myaka itatu ishize mu kugira abaturage basobanukiwe n’ikoranabuhanga kurusha abandi mu Rwanda. Ibi ngo biga...
Mu Murenge wa Mutenderi mu Karere ka Ngoma haravugwa umupasiteri ubatiriza abantu mu kidendezi kiri hafi y’umuhanda ahantu bamwe bemeza ko hashobora gutera abantu indwara. Pasiteri Yeretana Ernest niw...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubwikorezi, Rwanda Transport Development Authority, kivuga ko mu myaka 30 ishize u Rwanda rubohowe hakozwe imihanda ireshya na kilometero 2774; muri yo ingana na 60% y’...









