Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi Dr. Musafili Ildephonse yasohoye amabwiriza agenga nkunganire y’ifumbire izatangwa mu gihembwe cy’ihinga cya 2025 A. Ni amabwiriza ashingiye ku itegeko N° 30/2012 ryo ...
Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge ibiri n’’Utugari babiri bo mu Karere ka Rulindo bakuwe mu nshingano zabo. Bivugwa ko bazira kutuzuza inshingano zabo neza no gukoresha ububasha bafite mu nyung...
Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru yatashye inyubako nshya izakoreramo ibiro by’abakozi b’Akarere ka Burera. Burera yari kamwe mu turere tutagiraga inyubako nshya dukoreramo. Kugeza...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko u Rwanda rwasanze guteza imbere siyansi ari ingenzi mu kuzamura imibereho myiza y’abaturage no koroshya urugendo rugana ku iterambere rwiyemeje. Ni ub...
Umuyobozi Mukuru ushinzwe gukurikirana ahashobora kwibasirwa n’ibiza muri MINEMA, Niyotwambaza Christine yavuze ko hari ahantu 326 habaruwe ko hashobora guteza ibiza kubera imvura iri kugwa cyane mu R...
Abahagarariye abandi mu byiciro by’imibereho y’abatuye Nyamagabe bari guhugurwa ku miterere y’umubu utera malaria kugira ngo bamenye uko bazajya bawikiza ukiri muto. Ayo masomo agamije kum...
Mu Kagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga hari abaturage bataka ko ubuyobozi bwabategetse kurandura ibishyimbo kugira ngo aho byari biteye hashyirwe Stade. Meya avuga ko kubaka sta...
Imibare itangazwa n’Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ivuga ko Akarere ka Gasabo ari ko kagaragayemo ingengabitekerezo ya Jenoside kurusha utundi hagati y’italiki ya 07 n’iya 13, Mata, 2024. Mu...
Umwe mu bacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu Murenge wa Bwisige mu Karere ka Gicumbi avuga ko yakorewe urugomo n’uwitwa Joseph Dusabimana wamuranduriye imyaka. Uyu yahise acika, ubu ari ...
Mu Murenge wa Ngoma mu Karere ka Huye hamaze kuboneka imibiri 1,800 y’Abatutsi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi yari yarajugunywe mu masambu y’abaturage cyane cyane mu y’uwitwa Hishamunda Jean Baptis...









