Mu nkuru iheruka yavugaga ku Karere ka Nyamasheke, Taarifa Rwanda yari yatangaje ko Abanyamabanga Nshingwabikorwa bo mu Mirenge ine muri 15 ikagize, bari beguye ariko Nyobozi itarabyemeza. Kuri uyu wa...
Taarifa Rwanda yamenye ko hari ba Gitifu bane b’Imirenge itandukanye y’Akarere ka Nyamasheke bandikiye ubuyobozi babumenyesha ko beguye, gusa nta mpamvu y’ubwegure bwabo turamenya kugeza ubu… Ak...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb.Olivier Patrick Nduhungirehe yaganiriye na mugenzi we wa Tunisia witwa Mohamed Ali Nafti batinda ku bibazo biri mu Karere u Rwanda ruh...
Abana bambuka bajya cyangwa bava kwiga muri kimwe mu bigo by’amashuri ari mu Midugudu ya Nete na Gasenye mu Kagari ka Remera muri Nyamabuye muri Muhanga, bari mu kaga ko kuzagwa munsi y’iteme kuko rit...
Ibiri kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bimaze kugera ku rwego ruhanganyikishije Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye Antonio Guterres. Asanga bigeze ahakomeye ku bu...
Mu rugabano rw’Imirenge ya Musanze na Shingiro( yombi ni iyo muri Musanze) hari umugezi wakundaga kuzura amazi mu gihe cy’imvura ku buryo hari abana wahitanaga. Ubuyobozi bwawubatseho ikiraro kugira n...
Mu Mirenge ya Jenda na Karago mu Karere ka Nyabihu haravugwa urusimbi ruri gukenesha ingo. Abagore nibo bavugwaho gufata amafaranga yo guhahisha bakajya kuyasheta akaribwa. Kubera urwego bimaze kugera...
Ibiro by’Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga ubyitegereje ukabigereranya n’Ibiro by’Uturere dutandukanye harimo n’Ibiro bya Kicukiro( Akarere ka mbere gakize mu Rwanda), usanga ari byiza cyane....
Mu Mujyi wa Muhanga hazindukiye impaka zo kumenya icyateye ubuyobozi gufungira amaduka bamwe mu bahacururiza nta nteguza bahawe. Njyanama y’Akarere yabwiye itangazamakuru ko bari kuvugana n’Umurenge n...
Uwo ni Lina Higiro wari Umuyobozi Mukuru wa NCBA Bank Rwanda Plc, ubu akaba yagizwe Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibikorwa by’ubucuruzi mu kigo NCBA Group, ari nacyo gifite iyi banki ikorera mu bihugu byi...









