Ku Bunani nibwo Polisi yasatse coaster yavaga i Rubavu ije i Kigali iyisanga mu gikapu cy’ umusore witwa Muhawenimana harimo udupfunyika 2,526 tw’urumogi. Iriya modoka yavaga Rubavu ije i Kigali ifati...
Boniface Rucagu wigeze kuba Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru akaza no kuyobora Kimosiyo y’igihugu y’Itorero yabwiye Taarifa ko hari umukecuru uherutse kumugezaho ikibazo cy’uko ubuyobozi bw’Akarere...
Mu karere ka Gasabo batangije icyo bise ‘Operation Mu Mizi’ kigamije gufasha urubyiruko rw’aho ruri mu biruhuko kwibuka ko ubusambanyi, gukoresha ibiyobyabwenge no kutirinda COVID-19 byashyira ubuzima...
Umwe mu baturage wari uciye ku muhanda uva Kigali ugana Rwamagana mu Burasirazuba yasanze imodoka y’ivatiri iri gushya ariko Polisi iratabara irayizimya. Yabitangarije kuri Twitter. Byabaye mu g...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gakenke buvuga ko ubukangurambaga bwakoze mu myaka ishize byatumye abaturage bumva ko kubyara ukuzuza isi bitagifite agaciro bitewe n’ibihe abantu barimo. Umuyobozi w’Akarere k...
Umubyeyi ufasha abana barererwa muri rimwe mu marerero yo mu Karere ka Ngororero mu murenge wa Ngororero asaba Leta kwibuka imvune zabo n’ubwitange ikabaha agahimbazamusyi. Avuga ko kurerera aba...
Dr Isaïe Mushimiyimana yari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda. Bamusanze yapfiriye mu ntebe, iwe mu Karere ka Musanze. Yari atuye mu murenge wa Musanze muri aka karere. Apfuye afite imyaka ...
Akarere ka Gakenke kari kubakwamo imihanda ya kaburimbo ifite uburebure bwa Kilometero 101. Iyi mihanda irimo n’uzahuza Imirenge ya Gicuba na Janja kandi abayituye bakazajya bagera ku bitaro bya Gaton...
Raporo yakozwe n’inzego za Leta zirimo n’iz’ubugenzacyaha yagaragaje ko Minisiteri y’ubuhinzi yahaye uturere ifumbire kugira ngo tuyihe abahinzi kandi dukurikirane uko izashyurwa. Iyaburiwe irengero ...







