Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Olivier Patrick Nduhungirehe yavuze ko bidakwiye ko Afurika ihezwa mu Kanama gashinzwe umutekano ku isi kandi ari yo ikunda kubura amahoro kurusha ahandi. Yabibwiye In...
Intumwa y’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye i Geneva mu Busuwisi Urujeni Bakuramutsa Feza yavuze ko kuba Repubulika ya Demukarasi ya Congo yavuze ko igihugu cye gikorera Jenoside ku butaka bwayo ari ib...
Martin Ngoga uhagarariye u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye yabwiye Akanama kawo gashinzwe amahoro ku isi ko ibibera mu Burasirazuba bwa DRC birugiraho ingaruka mu buryo bw’umutekano n’ubw’imibereho myi...
Perezida wa DRC Félix Antoine Tshisekedi yavuze ko igihugu cye gikwiye kwemererwa kujya mu Kanama Ka UN gashinzwe amahoro ku isi kuko ari igihugu gifite ijambo muri Afurika. Arashaka ko igihugu cye ki...
Umwe mu myanzuro yaraye ifatiwe mu Nama y’Abaminisitiri ni uw’uko Dr. Pierre-Damien Habumuremyi aba umwe mu bagize Akanama Ngishwanama k’Inararibonye kagira inama Umukuru w’igi...
Ambasaderi wa Israel mu Rwanda Einat Weiss yavuze ko igihugu cye gishima ko Komisiyo ya UN ku byaha byakorewe mu bitero Hamas yateye muri Israel taliki 07, Ukwakira, 2023, yakoreyemo ibyaha birimo no ...
Umunyarwandakazi Dr. Agnes Matilda Kalibata usanzwe uyobora Ikigo nyafurika gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi, AGRA, yatorewe kujya muri Komite ngishwanama y’Abagize Akanama mpuzamahanga gaharanira ko ...
Abanyaburayi binubiye ko u Burusiya bwaraye buhawe ubuyobozi bw’Akanama ka UN gashinzwe amahoro ku isi. Bavuga ko bitumvikana ukuntu igihugu cyatangije intambara kuri Ukraine gishingwa iby’amahoro ku ...







