Mu Karere ka Musanze by’umwihariko n’ahandi mu Rwanda haravugwa utubari, butiki n’izindi nyubako zidafututse zahinduwe amashuri y’incuke cyangwa abanza. Ni amashuri yashinzwe nta byangombwa bya NESA a...
Burya kuba umuntu ushyira ibintu ku murongo, akagira gahunda bigirana isano itaziguye no kuba utuje mu mutwe, udahungabanye. Abahanga baritegereje basanga abantu bashyira ibintu byabo ku murongo bagir...

