Nyuma gukusanya amafaranga Pariki y’Akagera yinjije mu mwaka wa 2024, ubuyobozi bwayo bwasanze ingana na Miliyoni $ 4.7 ni ukuvuga angana na Miliyari Frw 6,7 zisaga… Ayo mafaranga yishyuwe n’abantu 56...
Hafi y’ikiyaga cya Rwanyakizinga kiri muri Pariki y’Akagera hagiye kubakwa Hoteli ikomeye cyane aho kuyiraramo ijoro rimwe uzishyura agera ku $12,000 ni ukuvuga arenga Miliyoni Frw 17. Izubakwa n’Ikig...
Abarinzi ba Pariki y’Akagera bafite imbwa zatojwe mu gukumira no kwirukana ba rushimusi bayigabiza bashaka inyamaswa ngo bazirye, izo batariye bazikureho amahembe cyangwa impu zo kugurisha mu bakire b...
Kuri uyu wa Mbere ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera bwatangaje ko mu gihe kiri imbere abasura iyo pariki bazajya bakoresha imodoka z’amashanyarazi mu gusura iyi pariki ya mbere isurwa n’abant...
Mu rwego rwo kurinda ibidukikije no kwirinda gusakuriza inyamaswa, ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera buvuga ko buri kureba niba imodoka zikoresha amashanyarazi ari zo zonyine zakoreshwa ku basura iki cya...
Mu rwego rwo kuzamura urwego rw’imibereho y’abatuye ibyanya bikomye, Ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere, RDB, cyageneye abaturiye Pariki ya Gishwati Mukura miliyoni Frw 490. Intego ni uko ayo mafar...
Ubuyobozi bwa Pariki y’Akagera bwatangaje ko iyi pariki icumbikiye inzovu 140. Ni umubare wo kwishimira kubera ko izi nyamaswa nini kurusha izindi ziba mu mashyamba y’umukenke, zikunzwe kwibasirwa na ...
Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bibumbiye mu muryango bise Humura kuri iki Cyumweru taliki 25, Kamena 2023 bazajya kunamira imibiri 917 y’Abatutsi batembanywe n’Akagera kakabata muri Tanzania. M...
Abahanga bo mu bihugu bigize Umuhora wo hagati( Central Corridor) baherutse mu Burundi mu nama ibanziriza y’Abaminisitiri bashinzwe ibikorwa remezo. Baherutse kwigira hamwe uko inzira z’uyu muhora zak...
K’ubufatanye bwa Guverinoma y’u Rwanda n’Ubuyobozi bw’Umuhora wo hagati, uruzi rw’Akagera rugiye gushakirwa ubwato bunini kandi bukomeye buzafasha mu kwinjiza cyangwa gusobora ibicuruzwa mu Rwanda bij...









