Umugabo wo mu Mudugudu wa Nyabikate, Akagari ka Ruhinga mu Murenge wa Gitesi muri Karongi ahari agasenteri k’ubucuruzi aravugwaho kwica umuturanyi hanyuma ajya kwirega kuri RIB. Uwaduhaye amakuru avug...
Abaturage bo mu Kagari ka Nyamure mu Murenge wa Muyira mu Karere ka Nyanza( ni ahitwa mu Mayaga) bashobewe nyuma kubazwa iby’ibendera ry’igihugu ryari rimanitswe ku Biro by’aka Kagari ryibwe. Kugeza ...
Gitifu w’Akagari ka Remera mu Murenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga aratabarizwa n’abaturage be kuko ibiro akoreramo bivirwa. Bavuga ko kuba ibiro bye bivirwa nabo bibabangamiye kuko iyo bagiye ku...
Mu Kagari ka Bunyetongo, Umurenge wa Murama mu Karere ka Kayonza hari abaturage babwiye itangazamakuru ko bahaye ubuyobozi bw’Akagari kabo amafaranga ngo bubishyurire ubwisungane mu kwivuza ariko arik...
Mu Murenge wa Nyakabanda, Akagari ka Munanira II mu Karere ka Nyarugenge haraye hakozwe umukwabu wo gufata abakekwaho ubujura bwo gushikuza abaturage ibyo bafite. Abantu 28 nibo beretswe itangazamakur...
Umukuru w’u Rwanda mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Kabiri taliki 28, Werurwe, 2023 arahura n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’Utugari twose tw’u Rwanda. Aba bayobozi bose bari bamaze igihe m...
Mu Biro by’Akagari ka Nyakogo mu Murenge wa Kinihira mu Karere ka Ruhango haravugwa inkuru y’uko habonetse umubiri w’umuntu umaze imyaka icyenda(9) apfuye. Umuyobozi w’Umurenge wa Kinihira witwa Jeann...
Mu Kagari ka Gisayura, Umurenge wa Mutuntu mu Karere ka Karongi hari amakuru avuga ko Umuyobozi nshingwabikorwa w’aka Kagari n’umukozi wako ushinzwe imibereho myiza y’abaturage( SEDO) batawe muri yomb...
Gitifu( umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari) urebye niwe pfundo ry’imiyoborere yegerejwe abaturage. Kubera ko ba Mutwarasibo na ba Mudugudu ari we baha raporo akayigeza ku bamukuriye barimo na Njy...
Abaturage bo mu Kagari ka Kabuga mu Murenge wa Murambi mu Karere ka Nyamasheke babwiye Taarifa ko Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Akagari kabo witwa Elias Ntihemuka yandavura kandi akabima serivisi nz...









