Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi ivuga ko hari ubukangurambaga buteganywa kuzakorwa kugira ngo Abanyarwanda bumve ko kurya inyama z’ingurube nta kizira kirimo. Ni umukoro uzagendana no kongera amabagi...
Ku wa Kabiri mu masaha y’umugoroba, umugabo wo mu Murenge wa Byimana, Akagari ka Mpanda yamize inyama y’akabenzi iramuhagama, bagerageza kuyimurutsa biranga iramuhitana. Ababibonye bemeza ko yagiye ku...

