Ubuyobozi bwa Airtel Rwanda bwatangaje ko bugiye gutangira gufasha Polisi kumenyekanisha ibyiza byo kwirinda impanuka muri Gerayo Amahoro binyuze mu mbugankoranyambaga zayo. Iki cyemezo cyafashwe na ...
Ubuyobozi bwa Airtel Rwanda bwatangije murandasi y’igisekuru cya kane( Fourth Generation, 4G). Ni murandasi yakozwe na Airtel-Rwanda ubwayo, ikazahabwa abantu bose ku giciro bari basanzwe bagurirah...
Ubusumbane ubwo ari bwo bwose bushegesha umuntu cyangwa abantu batsikamiwe. Ni ikibazo kigaragara no mu myigire y’abana bo muri Afurika cyane cyane iyo munsi y’Ubutayu bwa Sahara batabona ikoranabuhan...
Mu rwego rwo gufasha abakiliya kudatakaza sim cards basanganywe no kudakwirakwiza plastique, ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikoranabuhanga Airtel Rwanda, cyazanye ikoranabuhanga ribika amakuru ...
Jean Claude Gaga avuga ko n’ubwo buri wese afite uburenganzira bwo gukoresha murandasi uko abyumva, ariko ari ngombwa kwirinda kurikoresha mu buryo bwica amategeko, bugashengura abarokotse Jenoside ya...
Ubuyobozi bwa Airtel Rwanda na UNICEF Rwanda bwatangije ubufatanye bwo kuzageza murandasi ku bigo by’amashuri y’u Rwanda. Iyi mikoranire izatangirizwa ku bigo 20 ariko izakomereza n’ahandi. Intego ni ...
Tito Havugimana akomoka mu Murenge wa Mukama mu Karere ka Nyagatare. Yabwiye itangazamakuru ko yatomboye Frw 1.510.580 nyuma yo gutombora mu irushanwa rya Inzozi Lotto. Niwe munyamahirwe utomboye me...
Taliki ya 02, Ukuboza, 2022, nibwo ikigo gicuruza telephone kitwa Tecno cyatangije ubufatanye n’ikigo cy’itumanaho Airtel-Rwanda. Bugamije kugeza ku Banyarwanda murandasi ihendutse na telefoni zigezw...
Muri Nyarugenge ahitwa Nyabugogo hatangijwe ubufatanye bwa Airtel Money na Inzozi Lotto bugamije gufasha abakina umukino w’amahirwe kujya babona amafaranga yabo hafi aho. Ni amafaranga bashobora kubik...
Mu Murenge wa Mushikiri hari abaturage batakambiye Abadepite babasuye ko nta huzamurongo( network) rya telefoni rifatika bagira. Ibi bikoma mu nkokora guhanahana amakuru, rimwe na rimwe bikabangamira ...









