Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’iz’ikoranabuhanga, Airtel Rwanda, kizasubukura gahunda ya Connect Rwanda. Mu mwaka wa 2023 yari yarasubitswe kuko gahunda y’uwo mwaka yari ...
Airtel Rwanda yatangaje ko Emmanuel Hamez ari we muyobozi mushya w’iki kigo. Yasimbuye Amit Chawla wayiyoboraga kuva mu 2018. Hamez yari asanzwe ari Umuyobozi wa Airtel DRC, umwanya yamazeho imyaka in...
