Umunyarwandakazi Dr. Agnes Matilda Kalibata usanzwe uyobora Ikigo nyafurika gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi, AGRA, yatorewe kujya muri Komite ngishwanama y’Abagize Akanama mpuzamahanga gaharanira ko ...
Umuyobozi w’Ikigo nyafurika kiga ku iterambere ry’ubuhinzi, AGRA, witwa Dr Agnès Kalibata avuga ko imwe mu ngamba zafasha Afurika kwihaza mu biribwa ari uko amakuru y’aho imyaka yeze yajya amenyekana,...

