Ikigega Agaciro Development Fund (AgDF) cyaraye kigiranye amasezerano n’Umushinga Hinga Wunguke afite agaciro ka miliyari Frw 34.6, agamije kunoza uruhererekane rw’ibiribwa mu Rwanda. Intego yayo ni...
Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Muhanga buherutse guta muri yombi abantu 30 bo mu Mirenge ya Muhanga, Nyarusange, Byimana na Nyamabuye kubera guhungabanya umutekano mu birombe by’amabuye ...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi, mine na gazi gitangaza ko mezi atatu ashize( Nyakanga-Nzeri)mu mabuye yose u Rwanda rwohereje hanze, zahabu ari yo yarwinjirije amafaranga menshi. Muri Nyakanga...
U Rwanda rwungutse ahandi hantu hari ibuye ry’agaciro rya Lithium rigezweho mu nganda z’ikoranabuhanga mu gukora imodoka n’ibikoresho by’ikoranabuhanga. Ryabonetse mu Karere ka Rwamagana mu Murenge wa...
Mu Karere ka Kamonyi haravugwa abasore biyise ‘abahebyi’ bitwikira ijoro bakajya gucukura amabuye y’agaciro, Polisi na DASSO baza kubatesha bakabatera amabuye, ari nako bashaka kubatemesha imihoro. B...
Hashize iminsi itatu mu Murenge wa Rusarabuye abatwije imihoro n’ubuhiri biraye mu barinda ikirombe cy’ibuye rya Wolfram barabatema. Ubu mu Karere ka Muhanga n’aho haravugwa urugomo nk’urwo rwakozwe ...
Abasore bitwaje imihoro n’ubuhiri bo mu Murenge wa Rugengabari mu Karere ka Burera batemye abashinzwe kurinda umutekano w’ibirombe by’amabuye y’agaciro babasiga ari intere. Nyuma yo kubatema baracits...
Major (Rtd) Paul Katabarwa n’abandi bantu bane bavugwa mu bucukuzi bw’ikirombe giherutse kugwamo abantu batandatu barimo bana bane, baraye bitabye urukiko. Katabarwa aregwa gukora ibikorwa by’ubucukuz...
Abaturage b’Akarere ka Kayonza babwiye Urwego rw’ubugenzacyaha ko uretse abangiza ibidukikije, hari n’ibindi byaha bibugarije. Muri byo harimo amakimbirane mu ngo, guhohotera abana, gukubita no gukome...
Ikigo Mpuzamahanga mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro cyo mu Bwongereza kitwa Rio Tinto Mining and Exploration Ltd kigiye gushora mu gucukura ayo mu Rwanda. Mu mabuye menshi bazacukurua harimo n’irya L...









