Nusura ikirombe cy’amabuye y’agaciro ya Wolfram kiri ahitwa Gifurwe mu Murenge wa Rugengabari mu Karere ka Burera, uzabaze umugabo witwa Jackson Harerimana uhakora, azagusobanurira iby’uko ibuye rya W...
Guverinoma ya Demukarasi ya Congo yabwiye ibigo bikora ibyuma by’ikoranabuhanga ko bikwiye kutagurira abantu babizanira amabuye kuko aba yibwe kandi yavuye ahantu hamenewe amaraso. Kinshasa yiba...
Biri mu mushinga wa Minisiteri y’imari n’igenamigambi, ukaba umaze igihe ugejejwe mu Nteko ishinga amategeko uzanywe n’iyo Minisiteri. Intego ni ukuzamura umusaruro uva muri ubu bucukuzi buherut...
Umuyobozi mu Muryango w’Ubumwe bw’Uburayi ushinzwe ubufatanye mpuzamahanga witwa Jutta Urpilainen yaraye asinyanye na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr. Vincent Biruta amasezerano y’ubufatanye mu gu...
Ni ibyemezwa na Dr. Yvan Twagirishema akaba Umuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu gishinzwe Mines, Petelori na Gaz. Avuga ko kugira ngo u Rwanda rwinjize miliyari $1.1 mu mwaka umwe avuye mu musaruro...
Bwa mbere mu mateka y’ubukungu bw’u Rwanda, amabuye y’agaciro yarwinjirije miliyari $1.1 mu gihe cy’umwaka(2023). Imibare itangwa n’ikigo cy’igihugu gishinzwe Mines, gazi na petelori ivuga ko mu mwaka...
Ikigo cy’Abongereza n’Abanya Australia kitwa Rio Tinto Minerals Development Ltd cyasinyanye na Leta y’u Rwanda binyuze mu kigo cyayo gishinzwe Petelori, Mine na Gaz amasezerano y’uburyo ibuye rya Lith...
N’ubwo muri iki gihe, ibuye rivugwa ko rigezweho ari Lithium mu by’ukuri nta buye rikoreshwa cyane mu ikoranabuhanga mu gukora bateri za telefoni, iza mudasobwa n’iz’imodoka zikoresha amashanyarazi ku...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, gazi na petelori cyahagaritse ibigo birindwi byakoraga ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro kubera ko bikora ubucukuzi mu buryo buteje akaga. Itang...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe Mine, Peteroli na Gaz, RMB, cyatangije politiki yo kubaka inganda zitunganyiriza amabuye y’agaciro imbere mu gihugu. Intego ni ukwirinda igihombo giterwa no kohereza hanze a...









