Mu mataliki ya nyuma ya Mata, 2024 ni ukuvuga taliki 28 na 29, i Nairobi muri Kenya hazabera inama izahuza abayobozi ba Banki y’Isi n’ab’ibihugu by’Afurika bihabwa inguzanyo n’iyi Banki. Amakuru avuga...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Afurika y’Epfo Dr. Naledi Pandor yabwiye umwanditsi ushinzwe iby’ububanyi n’amahanga mu Biro ntaramakuru by’Afurika y’Epfo, SABC, ko Perezida Ramaphosa azaganira na...
Umusirikare mukuru mu ngabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo ufite ipeti rya Brigadier Général witwa Ngoy Timothée Makwamba wari ushinzwe ibya gisirikare muri Ambasade y’igihugu cye muri Afurika y...
Umugabo wigeze kuyobora Afurika y’Epfo Jacob Zuma yakoze impanuka ariko ku bw’amahirwe arayirokoka. Bivugwa ko yagonzwe n’umusinzi. Nyuma y’iyo mpanuka abo mu ishyaka rye bavuze ko yagonzwe n’umuntu w...
Bisi yakoze impanuka ihanuka hejuru y’ikiraro ihita ishya abantu 45 barapfa ariko abatabazi barokora umwana w’imyaka umunani. Byabereye mu Majyaruguru y’Intara ya Limpopo nk’uko byatangajwe n’ubuyoboz...
Bassirou Diomaye Faye niwe weemejwe ko yatsinze amatora y’Umukuru wa Senegal mu buryo bweruye. Uwo bari bahanganye witwa Amadou Ba yahise amushimira ku ntsinzi ye. Asimbuye Macky Sall wari umaze imyak...
Perezida Paul Kagame avuga ko azashyigikira kandidatire ya Raila Odinga ushaka kuzayobora Komisiyo y’Ubumwe bw’Afurika mu mwaka wa 2025 ubwo manda ya Moussa Faki Mahamat izaba irangiye. Odinga yari ah...
Ubuyobozi bw’iyi Kaminuza bwatangaje ko igiye gutangiza amasomo yo gukora inkingo mu masomo azigwa ku rwego rwa Kaminuza rwa Masters. Abahanga bavuga ko iyo gahunda izafasha Abanyarwanda n’...
Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda, mu ijwi rya Guverinoma y’u Rwanda, irasaba Ubuyobozi bw’Afurika yunze ubumwe kureka icyemezo ifite cyo gutera inkunga ingabo za SADC zoherejwe muri DRC kuk...
Kubera impamvu zigikorwaho iperereza, abasirikare babiri ba Afurika y’Epfo barasanye umwe yica undi, nawe arirasa. Bivugwa ko byatewe n’ubwumvikane buke ariko iperereza rirakomeje. Ikinyamakuru cyo mu...









