Perezida Matamela Cyril Ramaphosa wari usanzwe uyobora Afurika y’Epfo akaba aherutse kongera gutorerwa kuyobora Afurika y’Epfo yarahiriye inshingano ze. Yabwiye abaturage b’iki gihugu ko azabageza kub...
Ishami rya Polisi y’Ubugereki rishinzwe kurinda amazi rirashinjwa kujugunya mu Nyanja abimukira abagera kuri 40 bagapfa. Amashusho yabonywe na MailOnline agaragaza abapolisi b’iki gihugu bakubita inko...
Umukuru w’u Rwanda yageze i Seoul muri Koreya y’Epfo mu Nama mpuzamahanga iki gihugu kizagirana n’ibihugu by’Afurika. Niyo nama ya mbere iki gihugu kigiye kugirana n’ibindi by’Afurika ikaba yitwa Kore...
Umukuru w’igihugu Paul Kagame avuga ko bikwiye ko ibyo Abayobozi baba baremeranyijwe mu nama ngo bazabikore mu iterambere rya Afurika baba bagomba kubeshyira mu bikorwa. Yabivugiye mu nama yitab...
Kigali: Mu byumweru bike biri imbere mu Rwanda hazabera inama izahuza ba rwiyemezamirimo mu buhinzi n’abandi bahanze udushya mu buhinzi bw’iki gihe bazaba baturutse hirya no hino ku isi ngo bungurane ...
Perezida wa Kenya William Ruto yabwiye Abanyamerika ko Afurika y’ubu itandukanye n’iyi ba sekuru bari bazi kera, ko iy’ubu ishaka ko Demukarasi iba ingingo iganirwaho aho kuba ikintu Amerika n’Uburayi...
Mu kiganiro yahaye abitabiriye Inama y’iminsi ibiri yaraye itangiye mu Rwanda, Perezida Paul Kagame yavuze ko imikoranire hagati y’abikorera ku giti cyabo na Leta ishobora guteza imbere Afurika kuko k...
Abwira abateraniye mu kiganiro yatangiye i Riyadh muri Arabie Saoudite, Perezida Kagame yavuze ko gushora imari mu mibereho myiza y’abaturage no kubazwa ibyo abantu bashinzwe biri mu byatumye u Rwanda...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Rwanda FDA, cyatangaje ko gikuye ku isoko umuti wahabwaga abana witwa Benylin Pediatrics Syrup ufite umubare uwuranga wa 329304. Ni umuti u...
Mu ntangiriro z’Icyumweru kizatangira taliki 15, Mata, 2024 Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa azasura Uganda. Byatangajwe n’Ibiro bya Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Uganda ku ...









