Ubwo yatangizaga inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’uruhererekane runoze mu bikomoka ku buhinzi muri Afurika, Minisitiri w’Intebe Dr.Edouard Ngirente yavuze ko kudateza imbere ubuhinzi bigwingiz...
Ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru Perezida Paul Kagame yaraye yitabiriye umusangiro wateguwe na mugenzi we uyobora Indonesia witwa Joko Widodo. Kagame ari muri iki gihugu aho yitabiriye Inama mpuzamaha...
Perezida Paul Kagame yageze i Bali muri Indonesia mu nama mpuzamahanga ihuza iki gihugu n’iby’Afurika yitwa Indonesia- Africa Summit. Ni inama ibaye ku nshuro ya kabiri. Indonesia ni igihugu gifitanye...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga (Rtd) Gen Kabarebe James niwe wahagarariye Perezida Kagame mu muhango wo kwakira ku mugaragaro kandidatire ya Raila Odinga ushaka gusimbura ...
Perezida wa Kenya yatumiye bagenzi be bo mu Muryango w’Afurika y’Uburasirazuba ngo baze mu muhango wo gutangaza ku mugaragaro ko Kenya yemeje Raila Odinga ngo aziyamamarize kuba Perezida wa Komisiyo y...
Kuva aho COVID-19 yadukiye muri Afurika igasanga idafite inkingo zihagije, byahindutse ikibazo ku buryo hari abavuze ko kuba itazifite ari ikindi kimenyetso cy’ubusumbane busanzwe mu isi. Ubu rero ubu...
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yaratiye abandi bayobozi ibigwi bya mugenzi we uyobora u Rwanda Paul Kagame bijyanye no kubaka ibikorwaremezo bya siporo nka BK Arena. Hari mu ijambo yabagejejeho...
Mu irushanwa ry’uburyohe bw’ikawa y’u Rwanda riherutse kubera mu Mujyi wa Kigali, iyo mu Karere ka Gicumbi niyo yabaye iya mbere mu buryohe. Ni irushanwa ryari rigamije kumenya ikawa ihiga izind...
Perezida wa Nigeria Bola Tinubu yahuye na mugenzi we uyobora Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa uherutse kurahirira kongera kuyobora igihugu cye, baganira ku mikoranire mu bucuruzi. Aba bagabo bayobora ib...
Perezida Paul Kagame yageze mu Bufaransa ahari bubere inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’inkingo muri Afurika. Ni inama yiswe Global Forum for Vaccine Sovereignty and Innovation yateguwe n’Ikigo...









