Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed yambitse umudali w’ishimwe Madamu Dr. Monique Nsanzabaganwa amushimira uruhare yagize mu guharanira ko imikorere ya Afurika yunze ubumwe igenda neza. Nsanzab...
Amatora yakozwe n’Abakuru b’ibihugu n’abandi bari bari mu Nteko rusange ya Afurika yemeje ko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Djibouti Mahmoud Ali Youssouf ari we usim...
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro byihariye na Minisitiri w'Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed. Abayobozi bombi bitabiriye Inteko yaguye y’Abakuru b’ibihugu bya Afurika yunze ubumwe yabereye Addis ...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 15,Gashyantare, 2025 nibwo hari butorwe Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe, mu biyayamamaje hakabamo Raila Odinga watanzwe na EAC. Utorwa arasi...
Perezida Kagame yabwiye abagize Akanama ka Afurika yunze ubumwe bari mu nama iri kubera Addis Ababa ko bibabaje kubona abayobozi ba DRC bihunza ibibazo biri mu gihugu cyabo bakabigereka ku bandi. Ni i...
Cyril Ramaphosa yavuze ko kugira ngo ingabo ze ziri muri DRC zizatahe bizaterwa n’uburyo ishyirwa mu bikorwa by’amasezerano aherutse gusinyirwa i Dar es Salaam rizagenda. Yabivuze akomoza ko nama iher...
U Rwanda rwemeye ko imirambo y’abasirikare 14 ba kiriya gihugu baherutse kwicirwa i Goma bacyurwa iwabo baciye mu Rwanda. Hari amakuru avuga ko iriya mirambo ishobora kuzacishwa Uganda kugira ngo ifat...
Umunyamabanga wa Leta ya Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga Marco Rubio yatangaje ko atazitabira Inama y’abaminisitiri bashinzwe ububanyi n’amahanga bo mu bihugu bikize(G20) izabera muri Afurika y’E...
Angie Matsie Motshekga usanzwe ari Minisitiri w’ingabo za Afurika y’Epfo ari ku gitutu cyo kwegura nyuma y’uko Abadepite bamushinje uburangare bwatumye igihugu cye gipfusha abasirikare 14 baherutse kw...
Nyuma yo kuraswa n’abarwanyi ba M23 zigapfusha abantu 13, ubu ingabo za Afurika y’Epfo zigera ku 2,000 zabuze uko zitaha iwabo kuko nta ndege yemerewe kugwa i Goma ngo izitware. Amakuru avuga ko hari ...




