Perezida Kagame yaraye ababwiye Intiti zo mu Ishami rya Kaminuza ya Stanford ryigisha Politiki mpuzamahanga ryitwa Hoover Institution ko imwe mu mpamvu zituma Umugabane w’Afurika udahabwa ijambo ari ...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame avuga ko Ihuriro NEPAD ryerekanye ibishoboka mu guteza imbere Afurika. Ubu butumwa bukubiye mu ijambo yagejeje kuri bagenzi be bitabiriye umuhango wo kwizihiza imyaka 2...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bivuga Igifaransa, Madamu Louise Mushikiwabo asaba ibigo by’imari n’abandi bafite ijambo rikomeye mu bihugu bikoresha Igifaransa gufasha abagore...
Muri byinshi yagarutseho mu ijambo yagejeje ku baturage, Perezida Kagame yagarutse ku myenda ibihugu by’Afurika bifitiye amahanga, ikaba yararushijeho kuba ikibazo muri ibi bihe bya COVID-19. Perezid...
Umwaka wa 2020 uri mu yindi myinshi abanyamateka bazandikaho kuko wabayemo byinshi ariko cyane cyane kwibasira abantu mu byerekeye ubuzima kubera icyorezo cya COVID-19. Urebye muri Afurika usanga hari...
Maj(Rtd) Pierre Buyoya wari usanzwe ari Intumwa y’Afurika yunze ubumwe muri Mali akaba yarayoboye u Burundi mu bihe bitandukanye agakora na coup d’états nyine harimo n’iyahitanye Melchior Ndadaye yapf...
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe inkingo no kuziha abaturage muri OMS Dr Richard Mihigo avuga ko Afurika ikeneye byibura miliyari $9 zo kuyifasha guha abaturage bayo inking za COVID-19. Kugeza ubu hari in...
Mu buryo butunguranye, Perezida w’Afurika y’Epfo akaba ari nawe uyoboye Umuryango w’Afurika yunze ubumwe Cyril Matamela Ramaphosa yatangaje ko Inama yari buhuze Abayobozi bakuru bawo n’ab’Umuryango w’...
Perezida Paul Kagame yitabiriye inama y’Abakuru b’ibihugu bigize Umuryango w’Afurika yunze ubumwe iri kwigira hamwe uko isoko rusange ry’Afurika ryatangizwa. Iyi nama iri gukorwa hifashishijwe ikorana...
Mu kiganiro yaraye agejeje ku ihuriro ry’Abanyafurika baba hanze yayo(Africa Diaspora Network) Perezida Paul Kagame yabwiye abaryitabiriye ko n’ubwo Isi yose ihanganye n’ingaruka za COVID-19 , Abanyaf...









