Ibisigaramatongo bihora binyomozanya ku hantu ha mbere muntu yaba yaratuye. Ibiherutse kuvumburwa mu butayu buri Afurika y’Epfo ahitwa Wonderwerk bwerekana ko muri buriya butayu ari ho ha vuba umuntu ...
Ubwo yagezaga ijambo ku bandi banyacyubahiro mu nama yo kwishimira ko hashize umwaka abatuye Isi batangiye ubufatanye mu kurwanya COVID-19 binyuze mu gusaranganya inkingo, Perezida Kagame yavuze ko gu...
Muri aya masaha Perezida Paul Kagame ari kwitabira inama iri guhuza Abakuru b’Ibihugu by’Afurika n’abashoramari bayo igamije kwigira hamwe uko urukingo rwa COVID-19 rwakorerwa muri Afurika. Iyi nama k...
Guhera kuri uyu wa Mbere kugeza ku wa Kabiri tariki 13, Mata, 2021 hateganyijwe Inama y’Abakuru b’Ibihugu by’Afurika n’abandi bahanga mu by’ubuvuzi, izigirwamo uko Afurika yatangiza inganda zikora uru...
Mu rwego rwo gukomeza umurongo Leta y’u Rwanda yihaye wo kurengera ibidukikije, ubu mu Rwanda hatangijwe ikigo giteranya ibyuma bikoze moto zikoresha amashanyarazi kandi kikazigurisha. Kitwa Ampersand...
Uyu musanzu waraye utangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr Vincent Biruta mu nama yahuje Abakuru b’ibihugu, aba za Guverinoma n’imiryango mpuzamahanga yari igamije kureba uko Isi y...
Kubera umwenda uremereye cyane bifitiye u Bushinwa, ibihugu bimwe by’Afurika byatanze umutungo wabyo kamere ho ingwate ngo u Bushinwa buzawiyishyure. Aka wa mugani w’Abanyarwanda ngo’ Ukena ufite itun...
Bwana Martin Ngoga usanzwe ari Perezida w’Inteko ishinga Amategeko y’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba yatorewe kuba Umuyobozi wungirije wa Komite ya FIFA ishinzwe imyitwarire y’abayigi...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari ,IMF, kivuga ko kugira ngo ubukungu bw’ibihugu by’aAfurika buzikure mu ngaruka za COVID-19 bizaterwa n’uburyo bizakora imibare yabyo. Ibizabara neza nibyo bizunguka n’aho...
Dr Biruta Vincent, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 29, Werurwe, 2021 yahuye na Madamu Amira Elfadil, akaba ari Komiseri mu Muryango w’Afurika Yunze Ubumwe ushinzwe...









