Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Angola witwa Téte António yatangaje ko Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yahuye na mugenzi we João Lourenço baganira uko bakomeza kugirana inama. Antoni...
Mu mezi ane ashize abantu 45 mu Rwanda batawe muri yombi bakurikiranyweho gukoresha ikoranabuhanga bakiba abantu $ 305.000, ni ukuvuga Miliyoni Frw 432 zisaga. Abo bafatiwe mu mukwabo mpuzamahanga wak...
Prof.Didas Kayihura Muganga uyobora Kaminuza y’u Rwanda avuga ko mu myaka iri imbere ikigo abereye umuyobozi w’agateganyo kizakomeza guharanira ko umubare w’abafite ubumuga n’impunzi bayigana wiyonger...
Perezida wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe Mahamoud Ali Youssouf yavuze ko guhura kwa Kagame na Tshisekedi bahuriye i Doha muri Qatar ari ibyo kwishimira. Abakuru b’ibihugu b...
Nathalie Munyampenda uyobora Kaminuza ya Kepler avuga ko kuba ubwenge buhangano ari igikoresho cyiza mu bushakashatsi no kwihutisha ibintu, mu by’ukuri, budakwiye gusimbura ubwenge bwa muntu. Munyampe...
Michelle Umurungi ushinzwe imishinga y’ishoramari rikorerwa mu Rwanda mu Kigo cy’igihugu cy’iterambere, RDB, yabwiye abitabiriye Inama Nyafurika yiswe Africa Business Heroes Summit iri kubera mu Rwand...
Amateka ni umwarimu mwiza ariko akenshi ukoresha ikaramu itukura mu kwandika. Ni uruhurirane rw’ibintu byinshi byaranze imibereho y’abantu, uko bayoboranye, uko bacuruzanyije ndetse n’uko bicanye bapf...
Dr. Agnes Kalibata, kuri uyu wa Kane tariki 06, Werurwe, 2025 yarangije manda ebyiri yari amaze ayobora Ikigo Nyafurika gishinzwe guteza imbere ubuhinzi, Alliance for a Green Revolution in Africa (AG...
Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda Juvénal Marizamunda yakiriye Ambasaderi wa Israel mu Rwanda baganira k’ubufatanye mu by’umutekano hagati y’ibihugu byombi. Amakuru agaragara ku rukuta rwa X rwa Minisite...
Perezida wa Congo Brazzaville Dénis Sassou Nguesso avuga ko inzira yo gufatira u Rwanda ibihano ngo rukunde rwumvire ibyo amahanga arushinja idashobora kugarura amahoro mu Karere. Yabibwiye France 24 ...









