Umugaba mukuru w’ingabo z’u Rwanda General Jean Bosco Kazura avuga ko ari ngombwa ko ingabo z’ibihugu by’Afurika muri rusange n’iz’u Rwanda by’umwihariko zigira ibikoresho bigezweho byo gutwara abasir...
Perezida Paul Kagame yagiranye ikiganiro n’ikinyamakuru Jeune Afrique, cyagarutse ku ngingo zitandukanye zaba izireba u Rwanda by’umwihariko, umubano warwo n’amahanga n’uburyo abona ingingo zitandukan...
Perezida Paul Kagame yaraye abwiye abandi bayobozi bari bahuriye mu Nama yo kwiga ku miterere y’icyibazo cy’abimukira yabaye mu buryo bw’ikoranabuhanga ko abaturage b’Afurika bagombye kuba iwabo mu ma...
Muri Mata, 2021 nibwo umusaza Epimaque Nyagashotsi wo mu Kagari ka Ndatemwa, Murenge wa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo yatashye inzu yari yarasabye kugira ngo ayisaziremo kuko yabaga mu nzu itameze ne...
Israel iri mu bihugu bifite ubukungu n’ikoranabuhanga ibihugu byinshi by’Afurika bicyeneye ngo byiteze imbere. N’ubwo ari uko bimeze ariko, ubusabe bwayo bwo kuba Umunyaryango w’indorerezi mu Muryango...
Kubera akazi abantu muri iki gihe bakora n’amafaranga batunze, bamwe bahitamo kurya ibiryo bita fast food, ibi bikaba ari ibiryo bitunganyirizwa mu bikoni by’abatanga serivisi z’imirire n’iminywere ar...
Igikombe cya Afurika cy’Ibihugu (AFCON 2022) kigiye gutangira kuri iki Cyumweru muri Cameroon, nyuma yo gusubikwa inshuro nyinshi kubera icyorezo cya COVID-19. Ni igikombe giheruka mu mwaka wa 2019 ub...
Urutonde rwakozwe na Bloomberg rugaragaza ko mu bantu batanu bakize kurusha abandi muri Afurika, umwe ari we Mwirabura abandi batatu ni Abanyafurika y’Epfo b’Abazungu mu gihe undi umwe ari...
Polisi yo muri Afurika y’Epfo yafashe umugabo uri mu kigero cy’imyaka 50 y’amavuko, imukurikiranyeho uruhare mu nkongi yafashe Inteko ishinga amategeko ya kiriya gihugu. Mu gitondo cya kare cyo kuri i...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Dr John Nkengasong uyobora Ikigo nyafurika cyo kurwanya ibyorezo kitwa Africa Center for Disease Control and Prevention ( Africa CDC). D...









