Ubushakashatsi bwakozwe na Kaminuza yitwa McGill University yo muri Canada n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima buvuga ko u Rwanda rukurikira Ethiopia mu bihugu biha abagore amahoro, nti...
Raporo yiswe Women Peace and Security Index itangaza ko u Rwanda ari igihugu cya 66 ku isi aho abagore baguwe neza, rukaba urwa kabiri muri Afurika mu guha abagore amahoro n’umutekano. Igihugu cya mbe...
Raporo yiswe African Integration Report yasohowe n’Ibiro by’Umuyobozi w’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe, yerekana ko mu miryango y’ibihugu by’Afurika byishyize hamwe ngo bitezanye imbere, ibigize EAC...
Salma Mukansanga ubu wabaye icyamamare mu Rwanda n’ahandi ku isi nyuma y’uko ari we mukobwa( igitsina gore) usifuye mu gikombe cy’Afurika cy’amakipe y’ibihugu y’abagabo, yabwiye abakobwa bari gu...
Igihugu kitirwa Intwari Nelson Mandela ari cyo Afurika y’Epfo gifite undi mwihariko ariko udashamaje. Ni cyo gihugu cya mbere ku isi kirimo ubusumbane mu mibereho y’abantu kurusha ibindi. 80% by’umutu...
Mu mateka y’umubumbe w’isi , nta na rimwe abantu bigeze barekura umwuka uhumanya ikirere myinshi nk’uko byagenze mu mwaka wa 2021. Imibare iherutse gutangazwa ivuga ko mu kirere harekuriwe...
Perezida wa Kenya Uhuru Kenyatta yaraye yitabiriye umuhango wo gusinya amasezerano hagati y’igihugu cye n’uruganda rukora inkingo za Moderna. Izi nkingo nazo zikorwa hakoreshejwe ikoranabuhanga rya mR...
Ubuyobozi bukuru bw’u Rwanda bwatorewe kuyobora Ihuriro ry’ibihugu byo mu Karere ruherere mo rigamije iterambere. Ni Ihuriro bita The 8th Africa Regional Forum on Sustainable Development. Rihuriwemo n...
Mu ngoro ya Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo hasinyiwe amasezerano y’ubufatanye burambye hagati ya Turikiya n’iki gihugu kiri mu bikungahaye ku mutungo kamere kurusha ibindi ku isi. Mu ma...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari wakigereranya n’uruganda abahanga mu bukungu bakomeye bifuza gukorera kugira ngo bagire uruhare muri Politiki zigenga imari n’ubukungu ku isi. Ni ikigega cyashinzwe mu mw...









