Umukuru w’u Rwanda avuga ko Afurika ifite ibicyenewe byose ngo yihaze mu biribwa kandi isagurire n’ibindi bihugu. Yabivugiye mu ijambo yagejeje ku bitabiriye ikiganiro cyahuje Abakuru b’ibihugu by’Afu...
Leta y’u Rwanda hamwe n’Ikigo PABRA(Pan-Africa Bean Research Alliance) yakiriye inama yahuje abahinzi b’ibishyimbo, abafata ibyemezo mu buhinzi, abashakashatsi n’abandi bafite aho bahurira n’imirire i...
Sena y’Amerika iherutse gutora umushinga w’itegeko wo guhana ibihugu by’Afurika Washington ifata nk’abafatanyabikorwa b’ubutegetsi bwa Moscow. Muri Afurika bo bavuga ko ibyo ari ukwivanga mu mikorere...
Nta kintu gikura umutima abagore iyo bumvise isasu rivuze kurusha gufatwa ku ngufu bagasambanywa. Kuri benshi, ibi birutwa no gupfa umuntu akavaho! Hari bamwe bashobora kumva ko gupfa ari ikintu kindi...
Taliki 10, Kanama, buri mwaka abatuye isi bizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe intare. Iyi nyamaswa ibarirwa mu binyamajanja binini ni inyamaswa yubahwa ku isi kuko iteye ubwoba kubera imbaraga zayo ...
Nelson Mandela yigeze kuvuga ko kugira ngo Afurika y’Epfo n’ahandi hose ku isi bagire ubwigenge n’amahoro birambye ari ngombwa ko umugore abaho nta kimutsikamiye ngo kimubuze gutekerereza urugo rwe ne...
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kane Taliki 28, Nyakanga, 2022 yitabiriye, mu buryo bw’ikoranabuhanga, Inama y’Abakuru b’Ibihugu by’Afurika igamije gusuzuma uko imiyoborere muri buri gihugu cy’Umurya...
Mu gihe igaruka rya shampiyona z’i Burayi ryegereje, CANAL+ yageneye abakiliya bayo impano y’iminsi 15 yo kureba amashene yose, uhereye ku bagura ifatabuguzi Frw 5,000. Ni poromosiyo CANAL+ yashyizeho...
U Rwanda rwahuriya na DRC muri Angola kugira ngo intumwa z’ibihugu byombi ziganire uko intambwe zo kugarura amahoro muri DRC no gutuma umwuka w’amahoro n’ubuvandimwe hagati ya Kigali na Kinshasa zater...
Imibare itangwa n’ikigo cy’Afurika y’Epfo gishinzwe ibarurishamibare ivuga ko buri mwaka abantu 20,000 bicwa n’abagizi ba nabi. Ni umubare uteke inkenke mu gihugu gituwe n’abaturage Miliyoni 60. Hagat...









