Umukuru w’u Rwanda yabwiye abitabiriye Ihuriro Nyafurika ry’Abagiraneza, African Philanthropy Forum ko n’ubwo ibikorwa by’ubugiraneza ari ingenzi mu mibanire y’abantu, ariko ngo Abanyafurika bagombye ...
Ikigega mpuzamahanga cy’imari, IMF, kivuga ko Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara ifite ibibazo by’uruhuri bituma n’intambwe y’ubukungu yari itangiye gutera ikomwa mu nkokora. Ibikomeye kurusha ibin...
Kuri uyu wa Kane Taliki 20, Ukwakira, 2022 abarimu ba mbere bageze mu Rwanda baturutse muri Zimbabwe baje kwigisha bagenzi babo Icyongereza cyo ku rwego rwo hejuru. Hari hateganyijwe ko haza abarimu 1...
Ubwo yarangiza inama mpuzamahanga yari imaze iminsi ine ihuriza urubyiruko rw’Afurika mu Rwanda, Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yavuze ko we n’abandi bafata ibyemezo bazi neza ko guha urubyi...
Buri mwaka taliki 17, Ukwakira, isi izirikana umunsi wiswe uwo kurandura ubukene mu bantu. Inshinga ‘kurandura’ ubwayo ivuze ikintu kinini. Ivuze ko ikirandurwa kigomba kuba cyarashinze imizi. Ubiger...
Buri taliki 15, Ukwakira, 2022 ni umunsi isizirikana imibereho y’umugore wo cyaro. Mu cyaro hasobanurwa nk’ahantu hataragezwa ibikorwa remezo bitanga amahirwe y’ishoramari. Abahatuye ahanini baba batu...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko abibwira ko Afurika ituwe n’abantu barazwe kuba abanyabibazo bibeshya. Ngo ntaho ibibazo bitaba bityo icyo abatuye Afurika basabwa ni uguhangana n’ibibazo byab...
Uyu mugabo wigeze kuyobora Afurika y’Epfo ariko akaza gufungwa nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo gusuzugura urukiko rwari rwamutumije ngo aburane ku kirego cya ruswa, yarekuwe nyuma yo kurangiza igihano. ...
Dr Adesina Akinumi uyobora Banki Nyafurika y’Iterambere avuga ko bibabaje kuba Afurika igirwaho ingaruka zituma ihomba Miliyari $ 7.15 kubera ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere kandi nta ruhare run...
Afurika iri inyuma mu bintu byinshi birebana n’iterambere ariko iyo bigeze k’umuvuduko wa murandasi ho usanga bikomeye cyane. Nk’ubu igihugu cya mbere gifite iyihuta kuri uyu mugabane ni Afurika...









