Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko ishaka gushyiraho uburyo bw’ubukungu budasanzwe henshi muri Afurika bwo ‘kudapfusha ubusa’, kudasesagura. Buri kintu mu byakozwe mu nganda kizajya kinagurw...
Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yaraye akuweho amaboko n’abo mu ishyaka rye, ANC, nyuma yo kubona ko yagize uruhare mu byo inkiko ziri kumukurikiranaho birimo n’iyezandonke ry’arenga $ 580...
Umukuru w’u Rwanda yaraye ageze i Niamey muri Niger kwitabira Inama idasanzwe y’Afurika yunze ubumwe yiga ku iterambere ry’inganda n’ubukungu bwagutse kuri uyu mugabane. Iyi nama izakirwa kandi iyobor...
Urukiko rw’ubujurire muri Afurika y’Epfo rwatangaje ko rwasanze impamvu z’uburwayi zari zatanzwe n’abunganira ndetse n’abo muryango wa Jacob Zuma z’uko agomba kurekurwa kandi koko zikaba zaratumye are...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango Mpuzamahanga w’ibihugu bivuga Igifaransa Louise Mushikiwabo asaba abayobozi b’ibihugu bikoresha Igifaransa kongera imbaraga mu kucyigisha urubyiruko no guharanira ko k...
Kubera ko isi iri kwihuta mu ikoranabuhanga, abashinzwe gukusanya imisoro n’amahoro nabo bavuga ko uru rwego rutagomba gusigara inyuma. Ni muri uru rwego i Kigali hari kubera inama mpuzamahanga yahuri...
Ikigo Mastercard kivuga ko cyishyize hamwe n’ikindi bita Cellulant mu gushyiraho uburyo bushya bwo kugura no kwishyura ibintu bitandukanye ahari aho hose ku isi bemera ikarita ya MasterCard. Ikigo Cel...
Mu nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda yiga uko ikoranabuhanga rigendanwa rihageze ku isi muri iki gihe, hatangarijwe raporo isobanura uko iki kibazo kifashe muri Afurika. Kimwe mu bika byayo kivug...
Ikigo Airte Africa kivuga ko kiri gushaka abantu bumva ko bafite impano mu kuririmba kugira ngo abazahiga abandi bazafashwe mu kuzamura izo mpano nabo bamamare. Ni gahunda bise The Voice Africa. Uyu m...
Ku nshuro ya mbere, muri Afurika habereye inama mpuzamahanga yiga uko ikoranabuhanga rigendanwa ryakomeza gutezwa imbera ku isi no muri Afurika by’umwihariko. Perezida Kagame yavuze ko buryo urubyiruk...









