Mu ijambo yagejeje ku banyacyubahiro bitabiriye inama yitwa Africa Peace Conference iri kubera i Nouakchott muri Mauritania, Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda ruzi ububi bw’iterabwoba kuko ubusa...
Minisitiri mushya w’u Bushinwa ushinzwe ububanyi n’amahanga witwa Qin Gang yaraye atashye ku mugaragaro inzu ngari iki gihugu cyubakiye Umuryango w’Afurika yunze ubumwe ngo uzayikoreshe nk’ikigo gishi...
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruherutse gutangaza ko hagati y’umwaka wa 2020 n’umwaka wa 2022 mu Banyarwanda 150 bacurujwe, abenshi ari abagore. Mu mwaka wa 2020 uru rwego rwakiriye ibirego 33 by’a...
Bucya haba Noheli y’umwaka wa 2022, muri Afurika y’epfo habaye impanuka ikomeye yatewe n’uko ikamyo yari ipakiye essence yaturitse. Imibare itangazwa na Polisi n’abakora mu rwego rw’ubuzima ivuga ko a...
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC b bwemeje ko iyi kipe igiye kongera gukinisha abanyamahanga. Lt Gen Mubarakh Muganga uyiyobora yavuze ko mu gihe iyi kipe y’ingabo z’u Rwanda yabona itike yo kuzahagararir...
Abacuruzi bari basanzwe bajyana ibicuruzwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo barahiye ko batazabisubiza yo. Bavuga ko iyo bagezeyo abaturage ba DRC babita ibihwinini ngo ni ibiwerewere. Umwe mu b...
Abari bahagarariye u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Ibirasirazuba muri manda icyuye igihe, bishimira uruhare bagize mu mikorere yayo, k’ubufatanye na bagenzi babo. Umwe ...
Guverinoma y’u Rwanda yamaze kwemeranya n’Umuryango w’Abibumbye ko mu Rwanda hazubakwa icyicaro cyawo kizakoreramo imiryango yose iwushamikiyeho. Ni imwe mu ngingo zagarutsweho mu biganiro byahurije h...
Perezida Paul Kagame avuga ko n’ubwo ibihugu bikize ari byo bigomba gutanga amafaranga menshi yo guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere kuko ari nabyo bizamura ibyotsi byinshi mu kirere, ib...
Ni ibyagarutsweho n’abagize Inteko zishinga amategeko z’ibihugu by’Afurika y’i Burasirazuba bateraniye i Kigali mu nama izamara iminsi itatu. Basabye za Guverinoma kongerera ubuhinzi ingengo y’imari k...









