Nigeria( ni iya mbere) na Afurika y’epfo( ni iya kabiri) nibyo bihugu bya mbere bikize muri Afurika. Ikigo mpuzamahanga gicunga inkomoko y’amafaranga ibihugu bikoresha kitwa Financial Action Task Forc...
Perezida w’u Rwanda akaba yari ayoboye Ishami ry’Afurika yunze ubumwe rishinzwe iterambera, AUDA-NEPAD, yaraye acyebuye ibihugu bikigenda biguru ntege mu gutanga umusanzu wo gushyira mu bikorwa imishi...
N’ubwo itarerura ngo itangaze ko yivanye mu Muryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC, Repubulika ya Demukarasi ya Congo iri gukora uko ishoboye ngo ikorane na Angola na Afurika y’Epfo. Abasesengura b...
Kuri uyu wa Gatatu taliki 01, Gashyantare, 2023 mu masaha y’umugoroba nibwo Perezida Paul Kagame yari ageze i Dakar muri Senegal. Yitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’Afurika yitwa Fina...
Raporo ikorwa n’ibigo mpuzamahanga bigenzura uko ruswa irwanywa ku isi yitwa CPI ivuga ko u Rwanda rwasubiye inyuma mu kurwanya ruswa ho imyanya ibiri. Ubu ruri ku mwanya wa kane muri Afurika, rukaba ...
Mu Ntara ya Cape Town muri Afurika y’Epfo abantu umunani biciwe mu birori byo kwizihiza umunsi w’amavuko w’inshuti yabo. Bishwe barashwa n’abantu bataramenyekana kugeza ubu. Polisi ivuga ko abantu biy...
Ubunyamabanga bukuru bw’Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba bwashyizeho kandi bwohereza muri Somalia itsinda ry’abahanga ngo basuzume niba yujuje ibisabwa byose ngo yemererwe kujya muri uyu muryango....
Mu mahugurwa abasifuzi ba Karate bahawe, babwiwe ko hari impinduka zashyizweho mu mategeko agenga umukino wa karate. Abasifuzi 60 bo mu Rwanda barimo abagabo 52 n’abagore umunani nibo bahawe ariya mah...
Ni imibare yatangajwe na Banki Nyafurika y’iterambere, AfDB. Abahanga b’iyo banki bongeraho ko iyo basuzumye basanga mu mwaka wa 2024 ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka ku kigero cya 8.1%. Hagati aho Min...
Forbes Magazine yashyize Umunyarwandakazi Dr.Agnes Kalibata mu bagore 50 bafite hejuru y’imyaka 50 y’amavuko bagiriye kandi bagifite isi akamaro. Kuri urwo rutonde ari kumwe n’ibyamamare birimo umukin...









