Abaturage b’Afurika y’Epfo bari kwibaza icyo Guverinoma y’igihugu cyabo izungukira mu kumvana imitsi na Leta zunze ubumwe z’Amerika nyuma y’uko Ambasaderi w’iki gihugu i Pretoria witwa Reubern Brigety...
Umwe mu basirikare barinda Umukuru wa Tunisia yishe mugenzi bakoranaga arangije aboneza ku isinagogi aho Abayahudi bari bateraniye abamishamo amasasu. Nawe yaje kuraswa arapfa. Isinagogi yakorewemo ar...
Ibyumweru bibaye bibiri muri Sudani intambara itangiye. Ababikurikiranira hafi bavuga ko iri gufata indi ntera kuko n’ibihugu bigize Umuryango wa IGAD bihangayikishijwe n’uko nta ruhande mu ziha...
Mu ruzinduko ari mo muri Guinée Conakry, Perezida Kagame yabwiye abaturage ba kiriya gihugu ko n’ubwo buri gihugu kigira ibibazo byacyo, ariko ubufatanye no kungurana ibitekerezo byatanga igisubizo ku...
Ubwo yasubizaga ibibazo by’abanyamakuru bo muri Bénin, Perezida Paul Kagame uri yo mu ruzinduko rw’akazi, yababwiye ko icyo Abanyafurika bakeneye kurusha ibindi ari ubufatanye. Avuga ko ubwo bufatany...
Polisi y’Afurika y’Epfo iri mu bufatanye n’iya Zimbabwe ngo hashakishwe kandi hafatwe abanya Zimbabwe batandatu baherutse gutoroka gereza. Itangazo rya Polisi yo muri Afurika y’Epfo rivuga bariya bant...
Ibihugu by’Afurika byatoye u Rwanda ngo ruyobore Ihuriro nyafurika ry’inzego zita ku bidukikije. Rwatorewe mu nama yahuje abayobozi b’ibi bigo bibumbiye mu cyo bise Environmental Protection Agen...
Umuhanga mu bukungu akaba na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente avuga ko kuba hari ibihugu byahoze bikennye nyuma bikaza gukira ari ikimenyetso ko n’ibikennye muri iki gihe bishobora ...
Mu Mujyi wa Kigali habereye inama yateguwe n’Ikigo nyafurika kirwanya indwara z’ibyorezo, Africa CDC, yatangirijwemo uburyo bwo kubika no guhanahana amakuru k’ubuzima bw’abatuye Afurika binyuze mu iko...
Perezida Kagame yabwiye abayobozi ko bagomba gukora ibiramba kandi bikozwe neza. Ngo abantu bagomba gukora neza, bagakora ibiramba kandi bakabikurikirana kugira ngo u Rwanda batazahora basindagizwa. A...









