Abantu bari bavuye gutaha ubukwe barohomye, abagera ku 103 barapfa. Byabereye muri Leta ya Kwara ituranye ni iya Niger muri Nigeria. Barohamye mu mugezi wa Niger uca hagati y’izi Leta nk’uko Polisi ya...
Ubuyobozi mu byerekeye ubuzima n’ubuvuzi mu Rwanda buvuga ko imwe mu ngamba u Rwanda rwafashe, ari ukuba ahantu hakorerwa imiti n’inkingo bihagije; bizafasha abatuye Afurika kubona imiti n’inkingo bih...
Imirwano yongeye kubura hagati ya M23 na Mai Mai mu Ntara ya Kivu ya Ruguru, iyi mirwano ikaba yabereye muri teritwari ya Rutshuru. Radio Okapi yanditse ko imirwano iri kubera by’umwihariko mu duce M2...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye Umuyobozi wungirije wa Komisiyo y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe Dr. Monique Nsanzabaganwa ari kumwe n’umuyobozi we Dr Moussa Faki Mahamat. Faki na Nsanzabaganwa...
Urutonde ‘Top Chart Africa’ rugaragaza uko indirimbo z’abahanzi bo muri Nigeria zagiye zumvwa kurusha izindi. Burna Boy niwe uza imbere ya bagenzi. Uwavuga ko ari nawe ukunzwe kurusha abandi muri Afur...
Nk’uko Taarifa yabyanditse ku ikubitiro, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine witwa Dmytro Ivanovych Kuleba yaraye ageze mu Rwanda yakirwa na Perezida Paul Kagame. Yamwakiririye mu Biro bye bir...
Perezida wa Banki Nyafurika y’iterambere, Dr. Adesina Akinumi avuga ko bibabaje kuba ihumana ry’ikirere rihombya Afurika Miliyari ziri hagati ya $ 7 na Miliyari $15 buri mwaka, ariko amafaranga ihabw...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye Moussa Faki usanzwe ari Perezida w’Umuryango w’Afurika yunze Ubumwe. Ari mu Rwanda mu rwego rwo kwitabira Inama mpuzamahanga ku by’umutekano iri kubera...
Perezida w’Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje ko hari bagenzi be batanu( nawe wa gatandatu) biteguye kuzahura na Perezida Putin ndetse na Zelensky bakaganira uko ibyo bihugu byagira uruhare mu k...
Abasore n’inkumi baturutse mu bihugu 32 by’Afurika bari i Kigali mu marushanwa mu mibare. Ni irushanwa ry’abanyamibare ryitwa Pan African Mathematics Olympiad. Abayitabiriye, bemera neza ko imibare is...









