Abayobozi mu bigo bibiri bikora ku byerekeye kurengera ibinyabuzima baherutse guhura bemeranya k’ugushyira imbaraga mu kubungabunga urusore rwabyo muri Afurika. Ni inama yabereye i Kigali yasinyiwemo ...
Perezida wa Uganda Yoweli Museveni ari hafi kujya mu Burusiya guhurana na mugenzi we Vladimir Putin ngo baganire ku ngingo zirimo umutekano no gucukura petelori na gazi. Asuye Uburusiya nyuma gato y’u...
Minisitiri w’ikoranabuhanga na Inovasiyo Paula Musoni Ingabire avuga ko u Rwanda rufite gahunda yo kuzamura ubumenyi bw’abarwigamo kugira ngo bateze imbere ikorabuhanga muri rusange bityo rigere n’aha...
Mu kiganiro Perezida Paul Kagame na mugenzi we wa Congo Brazzaville Dennis Sassou Nguesso bahaye abanyamakuru, bombi bemeje ko ibihugu byombi bifite intego y’ubufatanye mu iterambere ry’Afurika. Perez...
Paul Kagame yaraye abwiye abitabiriye Inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’abagore ko n’ubwo hari byinshi byakozwe ngo uburinganire n’ubwuzuzanye bw’ibitsina byombi bugerweho, hari ibitarakorwa. P...
I Kigali hagiye kubera Inama Mpuzamahanga Y’iterambere ry’Umugore yiswe Women Deliver 2023 Conference izatangira kuri uyu wa Mbere taliki 17, Nyakanga, 2023. Abagore baturutse imihanda yose bageze i K...
Ubuyobozi bw’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi ryasabye abayoboke baryo n’Abarundi muri rusange ko bagomba kwitegura kuza kwakirana ubwuzu Madamu Angeline Ndayishimiye Umufasha wa Perezida w’Uburun...
Uretse kuba ari iya munani mu zigisha neza muri Kaminuza zo munsi y’Ubutayu bwa Sahara, Kaminuza y’Ubuzima rusange ya Butaro (University of Global Health Equity (UGHE), yashyizwe ku mwanya wa kabiri m...
Perezida wa Tunisia Kaïs Saïed yavuze ko atazemerera Abirabura bo munsi y’Ubutayu bwa Sahara kwinjira mu gihugu cye kuko ngo bateza intungunda n’ubukene mu baturage be. Yigeze kubivuga mu gihe cyahise...
Kuri uyu wa Gatanu Taliki 16, Kamena, 2023 hari itsinda y’Abakuru ba bimwe mu bihugu by’Afurika cyangwa intumwa riri buhure na Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky. Kuri uyu wa Gatandatu zizakomere...









