Mu Mujyi wa Kigali hagiye kubera irushanwa rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo mu mukino wa Basketball mu Karere k’Uburasirazuba bwa Afurika mu cyiciro cy’abagore. Ni irushanwa rizaba mu minsi umun...
Ahitwa Nyamunuka hafi y’umuhanda bita Katwe muri Uganda haraye hiciwe mukerarugendo wo mu Bwongereza n’uwo muri Afurika y’Epfo ndetse n’uwari ubaherekeje ukomoka muri Uganda. Ikigo cya Uganda gishinzw...
Mu gihe isi yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe umugore wo mu cyaro buri taliki 15, Ukwakira, buri mwaka, kuri iyi nshuro Umuryango w’Abibumbye warangaje ko bikigoye ko umugore agira ubwisanzure ku ...
Umwaka wa 2024 uzaba umwaka w’ibikorwa bitandukanye mu Rwanda birimo n’inama mpuzamahanga yiga ku iterambere ry’ingufu zitanga amashanyarazi, yaba ayisubira cyangwa ay’ubundi bwoko. Niyo nama ya...
Mu muhango wo gufungura ku mugaragaro ikigo IRCAD-Africa kiri mu Murenge wa Masaka witwabiriwe na Perezida Paul Kagame, Prof Jacques Marescaux washinze iki kigo, yavuze ko kuba iki kigo yashinze gifu...
Ubuyobozi muri Minisiteri y’ubuzima bufatanyije n’ubw’ikigo IRCAD bafunguye mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro ikigo abahanga mu buvuzi bwo kubaga indwara zo mu nda bazajya bakoreramo ubushaka...
Ku rubuga rwa X rw’Umuryango mpuzamahanga wita ku bakozi n’umurimo, Madamu Rwanyindo Kayirangwa Fanfan yatangaje ko yishimiye gutangira inshingano nshya muri uyu muryango uhuriwemo ibihugu 187. ...
Igikomangoma mu bwami bw’Abazulu muri Afurika y’Epfo wamamaye mu ishyaka ryashakaga ubwigenge, INKATHA, witwa Mangosuthu Gatsha Buthelezi yapfuye afite imyaka 95 y’amavuko. Ishyaka rye ryitwa Inkatha ...
Abashinzwe ubutabazi muri Afurika y’Epfo baraye kandi baramukira mu kazi kenshi ko kuzimya inkongi yaraye yadutse muri rimwe mu magorofa ari i Johannesburg. Abantu 52 nibo bamaze kubarurwa ko bahitany...
Ubwo ubuyobozi bwa RDB n’’ikigo mpuzamahanga gikora indirimbo zica kuri televiziyo mpuzamahanga ya Trace batangazaga abahanzi batatu batoranyijwe ko bakomeza guhatana na bagenzi babo bo muri Afurika, ...









