Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yabwiye abashyitsi bari baje gutangiza ikiciro cya mbere cy’uruganda rwo gukorera inkingo mu Rwanda ko ubwo rwabwiraga amahanga ko rugomba gukorana n’abandi rugakora ink...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abahanga mu by’ubukungu bateraniye mu nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda ko urubyiruko rw’Afurika rukwiye guhabwa ubumenyi rukeneye kugira ngo rube...
Mu Mujyi wa Kigali hari kubera inama mpuzamahanga yahurije hamwe ba rwiyemezamirimo b’Abanyafurika bahize abandi mu gukora imishinga ihindura ubuzima bwa benshi. Abahize abandi bazabihemberwa ku munsi...
Itangazo Taarifa ifitiye kopi rivuga ko taliki 17, Ugushyingo, 2023 ubuyobozi bwa CIMERWA bwasinyanye amasezerano n’ikigo National Cement Holdings Limited y’uko iki kigo kiguze imigabane ingana na 99,...
Mu myaka yo kwigabanya Afurika mu Nama ya Berlin yari yatumijwe na Otto Eduard Leopold von Bismarck bikozwe n’Uburayi, bakabikora bacuranwa, uhatanze undi akahamanika ibendera, ubu hari ubundi buryo a...
U Rwanda ruri kwifatanya n’ibindi bihugu by’Afurika mu imurikagurisha mpuzamahanga riri kubera mu Murwa mukuru wa Misiri witwa Cairo. Rwamuritse kandi rugurisha ibyo rwahanze birimo imyambaro, ibiribw...
Ubwo yatahaga ku mugaragaro ikigo Norresken Kigali House kiri rwagati mu Mujyi wa Kigali, Perezida Kagame yavuze ko abashoramari mpuzamahanga badakwiye kumva ko hari aho bakwiye gushora gusa ahandi, h...
Fanfan Kayirangwa Rwanyindo wahoze ari Minisitiri w’abakozi n’umurimo muri Guverinoma y’u Rwanda yaraye ahererekanyije inyandiko n’uwo yasimbuye mu nshingano nshya mu Muryango mpuzamahanga uharanira ...
Dr.Tulia Ackson Mwansasu ukomoka muri Tanzania yatorewe kuyobora Ihuriro Mpuzamahanga ry’Inteko zishinga amategeko. Asimbuye umunya Portugal witwa Duarte Pacheco uherutse gucyura igihe cye. Amatora y’...
Mu kiganiro yahaye abitabiriye Ihuriro mpuzamahanga ryiga ku hazaza h’isi muri iki gihe ibintu byicara bihinduka, Perezida Kagame yavuze ko iyo ushoye mu kubaka ubushobozi bw’abantu, wungukira henshi ...









