Cyril Ramaphosa uyobora Afurika y’Epfo yategetse ko ingabo ze 2,900 zoherezwa mu Burasirazuba bwa Raepubulika ya Demukarasi ya Congo kurwana mu buryo bweruye na M23. Afurika y’Epfo kuri X yatangaje ko...
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yabwiye umunyamakuru wo muri Pologne wari umubajije icyo ibibera muri Ukraine bigira ho ingaruka ku Rwanda ko rwahuye n’ibibazo rwatewe n’iriya ntambara n’ubwo ruri mu ...
Rwiyemezamirimo Masaï Ujiri yabwiye The Bloomberg ko ateganya kuzabaka hirya no hino muri Afurika ahantu h’imikino, imyidagaduro no kuruhuka yise Zaria Courts. Hari mu kiganiro yahaye iki kinyamakuru ...
Umunyamabanga wa Leta y’Ubwongereza ushinzwe ubucuruzi John Humphrey avuga ko Leta ya London ishaka ko u Rwanda ruhinduka irembo ribuhuza n’Afurika kandi Abanyafurika nabo bakabona uko bakorana nabwo ...
Mu kiganiro yagiranye na Televiziyo y’igihugu y’u Butaliyani Papa Fransisiko yavuze ko abantu bose Imana ibafata kimwe, ko iha umugisha ababi n’abeza bityo ko n’ababana bafite ...
Abanyamategeko ba Israel basobanuye imbere y’Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha ku kirego Guverinoma ya Afurika y’Epfo iherutse kurega Yeruzalemu ivuga ko iri gukorera Abanya Gaza Jenoside. Kuri uyu wa K...
Kubera iki Afurika ari yo izashyirwa mu kaga n’icika ry’ibisiga byitwa inkongoro? Impamvu ni uko ibi bisiga biba muri pariki z’Afurika aho bishinzwe kurya inyamaswa zapfuye. Mu magambo avunaguye, inko...
Umuvugizi w’ingabo za DRC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru witwa le Lieutenant-Colonel Njike Kaiko yemeje ko hari abasirikare ba Afurika y’Epfo bageze muri kiriya gihugu. Bahagaze ku wa Gatatu taliki ...
Amakuru aravuga ko i Kiev bafite gahunda yo kuzafungura Ambasade mu Rwanda. Bikubiye mu itangazo riri ku rubuga rwa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Ukraine. Iyi Minisiteri ivuga ko Ukraine ifite g...
Umunyarwandakazi Clare Akamanzi wahoze uyobora RDB yagizwe umuyobozi wa NBA Africa. Ni ibyemejwe kuri uyu wa Gatatu taliki 27, Ukuboza, 2023. Akamanzi ni umunyamategeko ariko uzwiho kuyobora neza ibig...









