Dr. Paulin Basinga aherutse kugirwa Umuyobozi Mukuru w’Umuryango Bill & Melinda Gates Foundation Ishami rya Afurika. Ni umuganga w’Umunyarwanda umaze imyaka 12 akorera kandi akorana bya hafi n’iki...
Mu Cyumweru kizatangira taliki 04, Werurwe, 2024 Raila Odonga, umunyapolitiki ukomeye wo muri Kenya azaza mu Rwanda kuganira na Perezida Kagame. Biteganyijwe ko bazaganira ku ngingo nkuru yo kureba ni...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabwiye abaje gusezera kuri Perezida Hage Geingob wayoboraga Namibia akaba aherutse gutabaruka ko u Rwanda ruzakomeza kuzirikana akamaro yagiriye Afurika. Iri ...
Umuyobozi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ibiribwa, Ishami ry’u Rwanda, Coumba Sow avuga ko indyo gakondo y’Abanyarwanda yari ikize ku byubaka umubiri, ibiwukomeza n’ibirinda indwara ariko...
Ubuyobozi bw’ingabo z’Afurika y’Epfo bwaraye bugejeje ku miryango yabo imirambo y’abasirikare babiri baherutse kugwa mu ntambara iri mu Burasirazuba bwa DRC. Abo basirikare ni Capitaine Simon Mkhulu B...
Imibare yaraye itangiwe mu Nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda igamije kuzamura umubare w’abagore bakora mu rwego rw’ingufu( energy) igaragaza ko muri Afurika abagore barukoramo bari hagati ya 9% n...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu Perezida Kagame yitabiriye itangizwa ry’Inama y’Abakuru b’ibihugu b’Afurika yunze ubumwe iri kubera Addis Ababa ku kicaro gikuru cy’Umuryango w’Afurika yunze ubumw...
Perezida Kagame yageze Addis Ababa muri Ethiopia aho azahurira na bagenzi be bazitabira Inama y’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe izaterana guhera kuri uyu wa Gatanu taliki 16, Gashyantare, 2024. Ni in...
Ni ibyemezwa na Dr. Yvan Twagirishema akaba Umuyobozi wungirije w’ikigo cy’igihugu gishinzwe Mines, Petelori na Gaz. Avuga ko kugira ngo u Rwanda rwinjize miliyari $1.1 mu mwaka umwe avuye mu musaruro...
Minisiteri y’ingabo za Afurika y’Epfo yatangaje ko hari bombe yahitanye abasirikare bayo babiri abandi barakomereka. Abo basirikare biciwe mu gice gituranye na Goma kandi abandi batatu muri bo bagiye...









