Mu mpera z’Icyumweru gishize umugabo ukomoka muri Zimbabwe witwa Elvis Nyathi yafashwe n’abaturage bo muri Afurika y’Epfo bamutwika ari muzima. Ni igikorwa cyatumye Leta ya Afurika y’Epfo ihaguruka it...
Nyakwigendera Archibishop Desmond Tutu mbere y’uko apfa yasabye ubwo ko umubiri we uzacanirwa mu mazi yatuye kuri 150°C hakoreshejwe uruvange rw’amazi n’ikinyabutabire kitwa hydroxyde de potassium ha...
Umuriro ukomeye wibasiye Ingoro y’Inteko ishinga amategeko ya Afurika y’Epfo mu mujyi wa Cape Town, utuma zimwe mu nkuta z’iyi nyubako zitangira kwiyasa. Abashinzwe kuzimya umuriro batang...
Desmond Tutu wegukanye igihembo cy’amahoro cyitiriwe Nobel yitabye Imana kuri iki Cyumweru tariki 26 Ukuboza 2021, afite imyaka 90. Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatangaje urupfu rw’uyu m...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yasabye ko uburezi buhuzwa n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo, nk’uburyo bwafasha Afurika kubyaza umusaruro amahirwe atangwa n’amasezerano ashyiraho isoko rusange...
Jacob Zuma wahoze ayobora Afurika y’Epfo yarekuwe by’agateganyo, kubera impamvu z’ubuzima bwe butameze neza muri iyi minsi. Zuma yari amaze ukwezi mu bitaro, akaba agomba kujyanwa iwe ngo abe ariho ar...
Guverinoma ya Botswana yiyongereye ku bihugu birimo kwikoma Perezida wa Komisiyo ya Afurika yunze Ubumwe (AU), Moussa Faki Mahamat, bimushinja gufata icyemezo cyo kwakira Israel nk’indorerezi mu murya...
Guverinoma ya Afurika y’Epfo yatangaje ko yababajwe n’icyemezo cya Komisiyo ya Afurika yunze Ubumwe (AU) cyo kwemera Israel nk’umunyamuryango w’indorerezi, cyafashwe mu buryo budakwiriye ndetse abanya...
Minisiteri y’Ingabo ya Afurika y’Epfo yahamagaje abasirikare bose bari mu kiruhuko, mu gihe Leta ikomeje kwifashisha igisirikare mu guhangana n’abaturage bigaragambya. Ni ibikorwa bimaze kwivangamo ub...
Urwego rwasigariyeho inkiko mpuzamahanga mpanabyaha, IRMCT, rwatangaje ko rukomeje gukurikirana uburyo Protais Mpiranya wahoze akuriye abasirikare barindaga Perezida Habyarimana, yaba yifashisha ibiko...








