Joseph Kabila avuga ko Félix Antoine Tshisekedi uyobora DRC yirengagiza ibibazo bikomeye biri mu gihugu ngo abikemure, akemeza ko nibikomeza gutyo, bizatuma igihugu gisenyuka. Kabila abivuze nyuma y’...
RwandAir yatangaje ko igiye kuba ihagaritse ingendo ziva n’izijya mu Mujyi wa Cape Town muri Afurika y’Epfo kubera impamvu zitatangajwe. Iki cyemezo kizatangira gushyirwa mu bikorwa taliki 27, Ukwakir...
Mu Biro bye, Perezida Kagame yakiriye abana b’Abanyarwanda baherutse gutahana imidali myinshi irimo n’uwa zahabu bakuye mu marushanwa yo kumenya imibare bahatanagamo n’abandi baturutse mu bihugu 27 by...
Mu Cyumweru kizatangira taliki 21, Kanama, 2023 Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping azajya muri Afurika y’Epfo kuganira na mugenzi we Cyril Ramaphosa. Azaboneraho no kwitabira n’Inama izahuza ibihugu byis...
Nyuma yo gufatirwa mu ifamu yo muri Afurika y’Epfo aho avuga ko yari amaze igihe ashinzwe umutekano, Fulgence Kayishema yabwiye abamushakishaga ko n’ubwo yari yababwiye ko ari Umurundi witwa Donatien ...
Yitwa Kiernan Forbes akaba yaramenyekanye nka AKA. Uyu muhanzi uri mu bakomeye bo muri Afurika y’Epfo yiswe arasiwe mu Mujyi wa Durban n’abantu Polisi itaratangaza kugeza ubu. Yari akiri muto kuko yar...
I Johannesburg hamaze kubarwa abantu 15 bahitanywe n’ibibatsi bikomeye by’umuriro watewe n’iturika ry’ikamyo yari irimo essence. Umwe mu baganga wo mu bitaro byitwa Tambo Memorial Hospital witwa Joe P...
Mu buryo busa n’aho butashobokaga kubera ko yari amaze iminsi avugwaho ruswa k’uburyo yendaga kweguzwa, Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatorewe gukomeza kuyobora ishyaka riri k’ubutegetsi...
Umubano hagati ya Côte d’Ivoire na Mali wajemo igitotsi nyuma y’uko ingabo z’iki gihugu zigera kuri 49 zifatiwe muri Mali. Afurika y’Epfo yo irashaka kuba umuhuza kugira ngo iki kibazo gikemuke mu mah...
Abaturage bo mu mashyaka atavuga rumwe na Leta y’Afurika y’Epfo basabye Perezida w’iki gihugu Cyril Ramaphosa kwegura ku buyobozi bw’Ishyaka ANC riri k’ubutegetsi bitarenze amasaha 42. Hashize amasah...









