Abashoramari bo muri Israel bakorera mu Rwanda baganiriye n’ubuyobozi bwa RDB uko barushaho kurushoramo. Hari mu kiganiro bagiranye ngo barebe ahandi abo banyemari bashora harimo mu ikoranabuhan...
Diomaye Faye uyobora Senegal yabwiye amahanga ko u Rwanda ari igihugu ibindi byo muri Afurika bikwiye kwigiraho mu guha ikoranabuhanga umwanya wa mbere mu bintu byose. Hari mu kiganiro yatangiye mu na...
Niwe mukobwa rukumbi uhagarariye u Rwanda mu marushanwa y’ubwiza yiswe Miss Africa Calabar 2025 ari kubera muri Nigeria. Yitabiriwe n’abakobwa 25 bo hirya no hino kuri uyu mugabane. Ashimwe Michelle a...
Mu muhango wo gufungura ku mugaragaro ikigo IRCAD-Africa kiri mu Murenge wa Masaka witwabiriwe na Perezida Paul Kagame, Prof Jacques Marescaux washinze iki kigo, yavuze ko kuba iki kigo yashinze gifu...
Ubuyobozi bw’ikigo gikora ubucuruzi bushingiye ku muziki cyamamaye ku isi ku izina rya Trace Africa cyatangaje ko kiyemeje gukorana n’abahanzi b’Abanyarwanda kugira ngo kizamure ijwi ryabo. Byatangari...
Minisiteri y’uburezi k’ubufatanye na NBA Academy Africa bari mu biganiro byo gushyira mu bikorwa gahunda y’amasomo ya Basketball n’imyigire yawo mu mashuri y’u Rwanda. Nk’uko byatangajwe na Victor W...
K’ubufatanye bwa Imbuto Foundation, FERWABA, Basketabll Africa League, na Minisiteri ya Siporo mu Murenge wa Kimironko hubatswe ikibuga cya Basketball kizatahwa taliki 20, Gicurasi, 2023. Gifite ibyan...
Ni ibyemejwe n’Umunyamabanga mukuru w’Umuryangano mpuzamahanga ugamije guteza imbere ikoranabuhanga mu itumanaho witwa Digital Cooperation Organisation, Deemah Alyhay. Yabivuze nyuma yo gusinyana ama...
Youssoupha Mabiki wamenyekanye ku isi ku izina rya Youssoupha azaza gutaramira Abanyarwanda muri Nyakanga, 2022. Azaba yitabiriye Iserukiramuco ryateguwe n’Ikigo Africa in Colors gifatanyije n’ikindi ...
Byemezwa na Dr Hermogène Nsengimana usanzwe ari Umunyamabanga Mukuru w’Ikigo cy’Ubuziranenge muri Africa. Kuri uyu wa Kane yaganiriye n’abayobozi b’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubuziranenge...









