Indege ya Qatar Airways yageze ku kibuga cy’indege cy’i Kabul ijyanyeyo ibikoresho byo gufasha mu kurwanya COVID-19. Niyo nkunga ya mbere yo gufasha urwego rw’ubuzima bwa kiriya gihugu ihageze guhera ...
Abatalibani batangaje ko bigaruriye Intara ya Panjshir yari isigaye mu zigize Afghanistan batarafata. Ni amakuru batangaje kuri uyu wa Mbere tariki 06, Nzeri, 2021 bavuga ko iby’abarwanyi b’umugabo w...
Hari abaturage bifuza ko mu kiganiro Perezida Kagame azaha Urwego rw’igihugu rw’itangazamakuru, RBA, yazagaruka ku cyo bise ‘ikibazo cy’utubari’ tumaze imyaka ibiri dufunzwe. Ndererehe avuga ko Umukur...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 04, Nzeri, 2021 Ingabo z’Abatalibani zatangije intambara ku barwanyi bashyigikiye umugabo witwa Massoud. Uyu mugabo yigeze gutozwa n’ingabo z’Amerika n’u Bwongereza kugir...
Igisirikare cya Leta zunze ubumwe za Amerika cyatangaje ko umugabo wateguye igitero ku kibuga cy’indege i Kabul kikagwamo abarenga 170 barimo abasirikare 13 ba Amerika, yiciwe mu gitero yagabweho hifa...
Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda yatangaje ko yiteguye guha ikaze abanyeshuri b'abakobwa n'abakozi ba School of Leadership Afghanistan (SOLA), bahungishijwe nyuma y'uko igihugu cyabo cyaf...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 07, Kanama, 2021 nyuma yo kwigarurira agace ka Jawzjan karimo umujyi w’ahitwa Sheberghan , Abatalibani barekuye imfungwa zari zifungiye muri iyo gereza. Hari video yagarag...
Mu byumweru bibiri bishize, ingabo za Afghanistan zimaze igihe zihanganye n’Abatalibani ariko byo kwigerezaho kuko bigaragara ko nta bushake bwo ku rugamba zifite. Byatangajwe ko zimwe zatangiye kuyab...
Perezida wa Turikiya Tayyip Erdogan yabwiye abanyamakuru ko Abatalibani bagombye guhagarika intambara bari kugaba ku butegetsi bw’i Kabul kuko Turikiya izabivuna nibaramuka begereye ikibuga cy’indege ...
George W. Bush wigeze kuyobora Amerika mu bihe byakurikiye ibitero byo ku tariki 11, Nzeri, 2001 yaraye ahaye ikiganiro Deutsche Welle avuga ko kuba Joe Biden yarategetse ko ingabo z’Amerika ziva mur...








