Umuvugizi wa Guverinoma ya Afghanistan witwa Zabihullah Mujahid yavuze ko ibyo Donald Trump yanditse kuri Truth Social by’uko Afghanistan igomba gusubiza Amerika ikibuga cy’indege cya Bargam ari inzoz...
Perezida Donald Trump yanditse kuri Truth Social-urubuga nkoranyambaga yashinze- ko niba Abatalibani badasubije Leta zunze ubumwe z’Amerika ikibuga cy’indege cya Bagram, bazahura n’akaga. Iki ki...
Mu gihe Amerika n’u Burayi bamaze iminsi barirengagije Afghanistan kubera ko muri iki gihe iyobowe n’Abatalibani, u Bushinwa bwo bwabibonyemo amahirwe y’ishoramari. Ubushinwa bwemeranyije n’Abataliban...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye abagize Inama y’ubutegetsi iyobora Ishuri ry’indashyikirwa z’abakobwa bo muri Afghanistan b’abahanga kurusha abandi wagereranya n’inkubito z’ic...
I Kabul muri Afghanistan haturikiye igisasu cyahitanye abantu 19 abanndi 27 barakomereka. Byabereye hafi y’umusigiti ahiganje Abisilamu b’Aba Shiite. Kuva Abatalibani bongera kwisubiza Afghanistan Ab...
Kuri uyu wa Gatatu mu ijoro rishyira iryo kuri uyu wa Kane taliki 18, Kanama, 2022, muri Afghanistan haramutse inkuru mbi y’uko abantu bataramenyekana baturikirije igisasu mu musigiti uri mu Murwa muk...
Muri Afghanistan hari ikibazo cyo kubura abanyabwenge bakora akazi ka Leta karimo ubuyobozi bwa Politiki. Ibi bituma Abatalibani biganjemo abahoze barwanya Amerika ari bo bagakora kandi bakajyana imbu...
Umutingito ufite ubukana bwa Richter bungana na 6.1 wajegeje ibice by ‘Afghanistan wica abantu benshi. Kugeza ubu hamaze kubarurirwa muri 920, abandi benshi bakameretse ndetse n’ingingo z’imib...
Abagore bo muri Afghanistan bashyiriweho itegeko ry’uko badakwiye guhirahira ngo batege indege badaherekejwe n’umugabo wabo cyangwa uwo mu muryango wa bugufi. Ni itegeko rishyizweho n’Abatalibani nyum...
Nyuma y’uko ubuyobozi bwa Afghanistan bugizwe n’Abatalibani butabarije abaturage babwo ku Muryango mpuzamahanga ariko ukavunira ibiti mu matwi, ubu bwashyizeho gahunda yo gukora ugahembwa ibiribwa. Ni...









