Muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo umutwe wa ADF ukomeje kwararika ingogo. Kuri uyu wa Gatandatu taliki 25, Werurwe, 2023 hari abantu barindwi bivugwa ko bishwe n’abarwanyi b’uyu mutwe babasanze m...
Mu mujyi wa Nguli muri Gurupema ya Bukennye muri Teritwari ya Lubelo haravugwa ubwicanyi bwakozwe n’abarwanyi ba ADF buhitana abantu benshi, abandi barashimutwa. Ubwicanyi bwa ADF bwakozwe mu ijoro ry...
Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru ahitwa Beni haravugwa ubwicanyi bwakozwe n’abarwanyi na ADF buhitana abantu 35. Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa, RFI, niyo ibyemeza. Bishwe hakoreshejwe intwaro gakondo...
Umutwe w’iterabwoba witwa Islamic State watangarije kuri Telegram ko ari wo wagabye igitero cyahitanye abantu 23 ku Cyumweru taliki 22, Mutarama, 2023 mu Mujyi wa Beni, uyu ukaba umurwa mukuru wa Kivu...
Bimwe mu bika biri muri Raporo y’impuguke za UN iherutse gusohoka ku byerekeye uko umutekano wifashe mu Karere k’Afurika y’i Burasirazuba, bivuga ko ADF yari yarateguye ibitero mu Rwanda m...
Inzego z’iperereza za Repubulika ya Demukarasi ya Congo zivuga ko hari amakuru yizewe zifite avuga ko hari abarwanyi benshi ba ADF bava mu bihugu bituranye na DRC bari kuhinjira. Bamwe bahageze mu min...
Abaturage bo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo bavuga ko abarwanyi ba ADF baherutse kubagaba ho ibitero bica abantu bagera ku 10. Hagati aho ingabo za DRC nazo zivuze ibigwi ko ziv...
Kuva aho intambara yongeye gukara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, ubu ikivugwa ni uko abarwanyi ba M23 bafashe umugi wa Bunagana, uyu ukaba ari umujyi uri ku mupaka wa Uganda na...
Urukiko mpuzamahanga, International Court of Justice, rwaraye rutegetse Uganda kuba yishyuye igice gito cy’umwenda ibereyemo Repubulika ya Demukarasi ya Congo kingana na Miliyoni 325 $, iki kikaba ari...
Kuri uyu wa Mbere nibwo Perezida Paul Kagame yakiriye Ambasaderi Adonia Ayebare, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida Yoweri Museveni wa Uganda. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda yatangaje u...









