Perezida Paul Kagame yageze i Accra muri Ghana mu irahira rya Perezida mushya wa Ghana John Dramani Mahama hamwe na Visi Perezida Naana Jane Opoku-Agyemang. Bimwe mu byo abo bagabo bavuga ko bazahanga...
Umuryango w’ibihugu bigamije ubufatanye mu bukungu muri Afurika y’i Burengerazuba( CEDEAO) waraye ufashe umwanzuro wo gukomanyiriza Mali, igahagarikwa mu mikorere yawo yose yerekeye ibya Politiki. Uy...

