Aborozi, ababaga, abatunda amatungo n’abatunganya impu bahuriye mu nama bigiramo uko bahuza imbaraga mu kuzamurira impu agaciro. Bemeza ko iyo zititaweho ngo zitunganywe, bibahombya n’igihugu muri rus...
Mu bukungu umusaruro ku isoko ugira ingaruka ku biciro. Umusaruro w’ibikomoka ku bworozi mu Rwanda, by’umwihariko, utubuka cyangwa ugatuba kubera impamvu zitandukanye. Bimwe mubyo aborozi bavuga ko b...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi, RAB, kivuga ko mu Karere hari amatungo 18 zamaze kugaragaraho indwara y’ubuganga. Iyo inka itavujwe vuba na bwangu iraremba bikayiviramo u...
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ubwo yafunguraga ku mugaragaro uruganda rukora ifu mu mata y’inka yavuze ko bikwiye ko umukamo uzamuka ukaba wagera cyangwa ukarenga litiro 40 ku munsi. Avuga ...
Abaganga bavuga ko imwe mu mpamvu zitera abantu kurwara igicuri ari ukurya inyama z’ingurube zidahiye neza kandi zikaba zarabazwe ku ngurube yororewe mu mwanda. Igicuri ni indwara ifata ubwonko, uyirw...
Ibiro Ntaramakuru by’Abafaransa, AFP, bitangaza ko imibare imaze kubarurwa y’abaguye mu bushyamirane hagati y’aborozi b’Abisilamu n’Abahinzi b’Abakirisitu imaze kugera ku bantu 113. Iyi mirwano yabaye...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere ry’ubuhinzi n’ubworozi RAB cyatangaje ko mu Rwanda hagiye kuzanwa icyororo gishya cy’intama zo mu bwoko bwa ’Merinos’. Kugira ngo kigere ku borozi benshi, Leta y...
Perezida Museveni yasabye ubutegetsi bwa Kenya gufata kandi bukoherereza ubwa Uganda abantu bavugwa mu bushimusi, ubusahuzi n’ubwicanyi bwakozwe n’abo bita aba Turkana babukorera abanya Uganda. Museve...
Mu minsi micye ishize aborozi bari bamaze iminsi batakira itangazamakuru ko igiciro cy’amata cyazamutseho hafi Frw 200 kuri Litiro imwe. Basabaga inzego zibishinzwe kureba uko hashyirwaho igiciro kimw...
Ahitwa Mirama mu Murenge wa Nyagatare mu Karere ka Nyagatare hagiye kubakwa ibagiro rizuzura rifite agaciro ka Miliyari 1,242. Rizabagirwamo inka 200 n’ihene 500 ku munsi. Hari abacuruzi b’inyama bo ...








