Ku wa Gatatu taliki 10, Mata, 2024 niwo munsi Umuryango w’Abisilamu mu Rwanda watangaje ko bazarangirizaho igisibo cy’ukwezi kwa Ramadhan. Ni umunsi bita EidAlFitr. Uyu muryango uvuga ko umuhango wo k...
Muri BK Arena hari kubera irushanwa rikorwa n’Abisilamu baturutse mu bihugu birenga 40 bahura bakarushanwa kuvuga Korawani mu mutwe. Abateraniye muri iyi nyubako ni ababaye aba mbere mu bihugu byabo, ...
I Paris no mu yindi mijyi y’u Bufaransa, hari abisilamu bafitiye umujinya umwanditsi witwa Michel Houellebecq bamushinja kuvuga ko batari Abafaransa nk’abandi kandi ko baramutse bagize ubutegetsi mu g...
Umwongereza Sir Salman Rushdie yatewe icyuma n’umugabo wo muri Iran wari uri mu bari bamuteze amatwi ubwo yatangaga ikiganiro. Abari baje kumva kiriya kiganiro bahise bamuta muri yombi bamushyikiriza ...
Abajenerali barenga 20 barimo abari mu kiruhuko cy’izabukuru baraye banditse ibaruwa ifunguye igenewe Perezida Emmanuel Macron bamuburira ko niba atagaruye umutekano mu gihugu ngo atsinde burundu abak...
Umuryango ukorera muri USA witwa Open Doors wasohoye urutonde rw’ibihugu 50 ku isi aho bigoye ko umuntu aba Umukirisitu. Kenya iri mu bihugu by’Afurika, ikaba iya mbere muri EAC. Igihugu kiri ku mwany...





